Mu turere twa Rubavu na Nyabihu hakomeje kugaragara ikibazo cy’ibyangombwa mpimbano byo gutwara ibinyabiziga giterwa no kuba gukorera ibyo byangombwa mu Rwanda, bitacyihuta. Ibi bituma abaturage bajya gushaka ‘permis’ muri RDC, bamwe bakanazigura.
https://t.co/fxLiM6Db6S