Sherrie Silver afite uduhigo twihariye, aha yasuhuzanyaga na Papa Francis hari mu mwaka wa 2019
Sherrie Silver yigeze gutangaza ko yaguze inzu ibarirwa muri za miliyari z’amafaranga y’u Rwanda mu mujyi wa London.
Biturutse kuri uyu muryango Sherrie Silver Foundation ufasha abana bafite impano yashinze, bamaze gusurwa n’ibyamamare bitandukanye yaba abakora umuziki, no muzindi ngeri z’imyidagaduro baturutse hirya no hino kw’isi.
BIRAKOMEZA.......⬇️ 9/11
Sherrie Silver yiyemeje kurera abana b’impanga b’abakobwa bari bavutse nyina agahita apfa.
Aba bana biswe Precious na Sapphire niwe ubakurikirana ndetse yigeze guhura na Perezida Kagame na Madamu Jeanette Kagame ari kumwe nabo bana. Ifoto niyi muri kubona👇
Ari mu bahawe ibihembo bya TIME100 mu itangizwa ry’inama ihuza abantu 100 bavuga rikijyana n’itangwa ry’ibihembo ku bakoze ibikorwa by’indashyikirwa ku rwego rwa Afurika bizwi nka ‘TIME100 Summit and Impact Awards Africa’.
Ibirori byabereye bwa mbere ku Mugabane wa Afurika muri Kigali Convention Centre ku wa 17 Ugushyingo 2023.
BIRAKOMEZA.......⬇️ 7/11
Amaze kugaragara mu ndirimbo zitandukanye z’abahanzi bakomeye ku Isi ariko iyamumenyekanishije ni “This Is America” ya Childish Gambino ari nawe wayoboye imbyino zayo, byanamuhesheje igihembo cya MTV Music Video Award muri 2018.
Sherrie Silver afite umuryango yise Children Of Destiny ufasha abana bakomoka mu miryango ikennye mu Rwanda.
BIRAKOMEZA.......⬇️ 3/11
Sherrie Silver yubakiwe ikibumbano mu Bwongereza, iki kibumbano giteze amaboko nk’uko mu mbyino za Kinyarwanda bikorwa.
Iki kibumbano kiri mu munani byahanzwe na Adidas i London igamije gushyigikira abagore b’icyitegererezo ku rubyiruko aho mu bandi harimo umukinnyi ukomeye wa Arsenal y’abagore Vivianne Miedema.
Ubu ari mu bantu bakomoka mu rwa Gasabo bubatse izina ku rwego mpuzamahanga.
BIRAKOMEZA.......⬇️ 2/11
Sherrie Silver ninde??? Ni muntu ki????
SOMA AMATEKA UMUBYINNYI ISI YOSE ITANGARIRA W'UMUNYARWANDAKAZI SHERRIE SILVER ⬇️
Sherrie Silver yavutse mu mwaka 1994, ubu afite imyaka 31, avuka ari ikinege, mama we yitwa Florence Silver.
Sherrie Silver yavukiye mu Karere ka Huye. Ni umukobwa udasanzwe mukubyina injyana zigezweho, gakondo kandi azi no gukina filme. Akarusho nuko yubakiwe ikibumbano muri London.
Afite impamyabumenyi ya Kaminuza mu birebana n’Iyamamazabikorwa.
Se yitabye Imana ataravuka, we na nyina bajya kuba mu Bwongereza akiri umwana.
BIRAKOMEZA.......⬇️ 1/11
UYU MUNSI MU MATEKA
Ku wa 3 Mata 1994
Radio RTLM yatangaje ko mu Rwanda hazaba "akantu"; ikangurira Abahutu kwica Abatutsi ibabeshya ko Abatutsi ari bo bari bafite umugambi wo kwica Abahutu.
“Kwibuka twiyubaka.”
#Kwibuka31
@dr_dash250 All of them according to their generation ✊ They are good and not compared because the two of them made Africa to be independent from colonial and KAGAME is making the Africa to become Sustainable developed continent on additional to the RWANDA we see today