Ibintu bitameze neza mu buzima bwawe, ntibikakwibagize ibindi byiza Imana yakugiriye/yaguhaye.
No kuryama ukabyuka uri muzima ubwabyo ni igitangaza!
Hora ubona impamvu zo gushima.
Sinzatinya kwiratana intege nke zanjye, kugira ngo imbaraga za Kristu zibe muri jye. Ni cyo gituma ku bwa Kristu nemera n’umutima ukunze intege nke, ibitutsi, amakuba, itotezwa n’ingorane zose. Kuko iyo ndi umunyantege nke, ni bwo mba nkiri umunyambaraga.