@IGIHE Ahubwo umurinzi we ntabwo azi inshingano ze yakabaye yabikoze atibukijwe kuko uyu ni umuyobozi ukomeye agize ikibazo security agency yabibazwa cyangwa hagafungwa benshi protocol ibyo iba yateguye, na bodyguard we yari kubikora rwose nibintu bizwi ahantu hatizewe umutano nka Ug
@kigalitoday Abayobozi bacu bakwiye gufata iyambere mu kwimakaza umuco wo kwambara Kinyarwanda nkuko ibindi bihugu bibikora urugero Arab countries, indian, Pakistan, Swaziland,... Kandi erega mba mbona umwambaro wacu Ari mwiza kurusha iyabandi Uzi mu gusaba no gukwa ukuntu baba basa neza cyne