Hari gukorwa iperereza kuri dosiye 243 zo gukopera mu bizamini bya Leta // Uko uturere twakurikiranye mu bizamini bya P.6 na S.3.
https://t.co/dQKPzns0Hp
Hari gukorwa iperereza kuri dosiye 243 zo gukopera mu bizamini bya Leta // Uko uturere twakurikiranye mu bizamini bya P.6 na S.3.
https://t.co/dQKPzns0Hp
Kuri uyu wa Mbere tariki 24 Kanama 2026, Perezida wa Repubulika Paul Kagame azagirana ikiganiro n’abanyamakuru.
Ni ikiganiro kizatambuka ku bitangazamakuru RBA no ku mbuga nkoranyambaga zayo, guhera 14h00.
Kuri uyu wa Mbere tariki 24 Kanama 2026, Perezida wa Repubulika Paul Kagame azagirana ikiganiro n’abanyamakuru.
Ni ikiganiro kizatambuka ku bitangazamakuru RBA no ku mbuga nkoranyambaga zayo, guhera 14h00.
Kurikira ikiganiro cyose Umunyamakuru wa Leta muri MINEDUC, Mme Irere Claudette, yahaye RBA ku gicamunsi cy'ejo kibanze ku musaruro wavuye mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n'icyiciro rusange
https://t.co/aKPhW6xe8A
U Rwanda rwemejwe nk’igihugu kizakira Imikino ihuza Ibigo by’Amashuri byo muri Afurika y’Iburasirazuba, FEASSA Games, muri Kanama 2027.
Ubwo hasozwaga Imikino ya FEASSA2026 yabereye i Morogoro muri Tanzania kuva tariki ya 12 kugeza ku wa 22 Kanama2026, Perezida w’iri Shyirahamwe.
Kurikira ikiganiro cyose Umunyamakuru wa Leta muri MINEDUC, Mme Irere Claudette, yahaye RBA ku gicamunsi cy'ejo kibanze ku musaruro wavuye mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n'icyiciro rusange
https://t.co/aKPhW6xe8A
U Rwanda rwemejwe nk’igihugu kizakira Imikino ihuza Ibigo by’Amashuri byo muri Afurika y’Iburasirazuba, FEASSA Games, muri Kanama 2027.
Ubwo hasozwaga Imikino ya FEASSA2026 yabereye i Morogoro muri Tanzania kuva tariki ya 12 kugeza ku wa 22 Kanama2026, Perezida w’iri Shyirahamwe.
🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨
Rwego Mutijima Bruno Licky wiga mu ishuri École Internationale La Racine riherereye mu Karere ka Bugesera ni we wahize abandi bana bose mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu umwaka w’amashuri wa 2025/26 agize amanota 99,6%.
ABANYESHURI BATSINZE NEZA MU BIZAMINI BYA AMASHURI ABANZA
Rwego Mutijima Bruno Ricky wo muri Ecole Internationale La Racine mu Bugesera ni we waje ku mwanya wa mbere mu bizamini bya PLE, atsinda 99.6%.
https://t.co/LqhNwgSXeE
Abifuza gukora appeal kuri Placement banyura kuri iyo link.
Date of Appeal:
Start: 21 Aug 2026
Closes: 28 Aug 2026
Don't miss
Sangiza nabandi babone ayamakuru kugihe.