@GabyTheMotivato Mu magambo make
Hip hop rwanda nuyivuga Green P ntazemo,nzakureka
Nta muraperi urangira niyo mpamvu hari amazina bitanasaba ko akora kugira ngo akwereke uburemere bwayo. Ice cube na rakim nibashaka bazareke kwandika kuko ibyo banditse twarabibonye same as Green! End!
@GabyTheMotivato Green P yararangiye
Green P ntakintu kirenze yigeze akora muri hip hop
Green P yaje kuri stage gute basize fireman, etc.. urumva abahungu baza kuvuga iki nyuma yibi uretse kukwihorera?!