This is why we are trying to imprement https://t.co/b0VsN0U0mo which we think will help students from Primary to University to connect what they learn in their daily life.
1/3 : Career exploration in schools has often been treated as an extracurricular effort: something that happens during a themed week, at a job shadowing event, or in a high school elective.
2/3 : But today’s students face a world of rapid change, evolving industries, and urgent global challenges. In this context, the question is no longer if schools should support career readiness but how to do so in a way that is meaningful and connected to daily learning.
Isimbi Model yagaragaje ishimwe rikomeye ku Mana nyuma yo kwibaruka imfura ye na Shaul Hatzir, avuga ko uyu mwana ari we yasabye Imana kandi ko amwakiriye nk’umugisha ukomeye wabahesheje ibyishimo byinshi.
https://t.co/jmr3ZT9HtU
AMAFOTO 🚨 Umufana w'Ikipe y'Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Kuka Muladunga ubwo yafatwaga n'ikiniga nyuma y'aho ikipe y'Igihugu ya Algeria yari imaze kubatsinda igitego ku munota wa 118 habura iminota ibiri gusa ngo iminota 30 y'inyongera (Extra - Time) irangire.
Bivugwa ko Kuka yari yahaye amafaranga agera kuri 3,404,000 RWF kuri buri mukino ngo agume ahari kubera igikombe cya Afurika ariko akaza kubyanga agahitamo gutahana n'ikipe ye ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
AMASHUSHO: Mu mashusho y'indirimbo "Indabo Zanjye" The Ben yashyize hanze, hagaragayemo ibintu byose byagiye bivugwa hagati yaba bombi birimo guhangana cyane.
Bruce Melodie nyuma yo gushyira hanze indirimbo yise Munyakazi, hagaragaramo ahuha umusatsi benshi babihuza no kuba The Ben nta musatsi mwinshi agira, ariko nawe yaje gusubizwa mu mashusho The Ben yashyize hanze agaragaramo umugabo bari kubaga inda bihura no kuba Bruce Melodie yarabikoze.
#UmunsiNews
Umuturage witwa Jean de Dieu Duturanyembazi utuye mu Mudugudu wa Rusongati , Akagari ka Gisa, Umurenge wa Rugerero muri @RubavuDistrict , @RwandaWest arasaba ubufasha bwo kubakirwa inzu kuko iyo abayemo igiye kumugwaho n’umuryango we.
https://t.co/7mQqnfvskS
Miss Mutesi Jolly ari mu byishimo nyuma yo kwiyongera mu mubare w’abatunze imodoka zihenze cyane mu gihugu, ubwo yagaragazaga ko yaguze Mercedes Benz G 63 2025 ifite agaciro ka 436,680,000 Frw.
https://t.co/mAPn4jrpmN
AMASHUSHO 🚨 Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukwakira 2025 ,mu Ntara y'Amajyepfo mu karere ka Huye mu Murenge wa Tumba habereye impanuka ya Moto yahiye igakongoka
@Rwandapolice@HuyeDistrict