Mu Rwanda 73% by’abakobwa bari munsi y’imyaka 24 batarashyingirwa ni amasugi
===========================
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko mu rubyiruko rutarashyingirwa rufite imyaka iri hagati ya 15 na 24, abagera kuri 73% by’abakobwa bavuze ko batarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe.
NISR ivuga ko ubu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 20,831 bari hagati y’imyaka 15-59 mu gihugu hose barimo abagore 14,283 n’abagabo 6,548 aho babazwaga ibibazo bitewe n’ingingo runaka.
▶️▶️ Soma inkuru irambuye: https://t.co/FbnzjVqcIK
✍️ @NiyigenaRadjabu
Mu Rwanda 73% by’abakobwa bari munsi y’imyaka 24 batarashyingirwa ni amasugi
===========================
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko mu rubyiruko rutarashyingirwa rufite imyaka iri hagati ya 15 na 24, abagera kuri 73% by’abakobwa bavuze ko batarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe.
NISR ivuga ko ubu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 20,831 bari hagati y’imyaka 15-59 mu gihugu hose barimo abagore 14,283 n’abagabo 6,548 aho babazwaga ibibazo bitewe n’ingingo runaka.
▶️▶️ Soma inkuru irambuye: https://t.co/FbnzjVqcIK
✍️ @NiyigenaRadjabu