Ni gute wamenya ko ibyavuzwe bikomeye, ariko biri na sensitive? Ubibwirwa n’ uko views ziba nyinshi, ariko comments, likes na reposts zikaba nkeya cyane. Biba bivuze ko ibyavuzwe biri relevant, ariko ababisoma bafite ubwo bwo kubihakanya, cg kwemeranya na byo = (controversial)! Bisaba kwiyemeza ✊🏾
MU BYABWIWE IMBAGA YARI MU NAMA YA UNITY CLUB IHERUTSE, HARI IBYO ITANGAZAMAKURU RITAHISE RIGEZA KU BANYARWANDA BOSE
Ku byerekeye Anastase Makuza, n' icyo Umukuru w' Igihugu yabivuzeho, bamwe mu batari mu nama twagiye tubibwirwa n' abari bayirimo, mu bipengere.
Yasobanuye ko impamvu atari ugukemura ikibazo hagati y' abantu babiri, ahubwo mu buryo bwagutse yari agamije ko abagifite imyumvire itajyanye n' icyerekezo cy' uru Rwanda rushya bakwikosora bagakizwa mu bya politike!
Ubutumwa Perezida Kagame yatanze kuri iki kibazo cyo kwita Minisitiri Bizimana nyagasani, igihangangye, kubera ko bwari bugamije kwigisha n' abandi Banyarwanda baba bakigifite aho bari hose, kubutangariza u Rwanda njye nemera ko ari byo byiza cyane.
Kutabikora gutyo: 1. Byatuma ubutumwa butumvikana nk' uko bwatanzwe (risk). 2. Bidindiza urugamba rwo kwigisha benshi bashoboka, vuba, politike ikwiye, iyo itangazamakuru ritabisohoye (loss).
Ibyabwiwe Abantu bangana kuriya ntibiba bikiri ibanga. Cyane ko uwatanze ubutumwa yakoresheje imvugo iboneye bihagije, nk' uko asanzwe.
Nta mpamvu yo kugira ubwiru ibyavugiwe mu ruhame. Iyo noneho bikubiyemo amasomo y' ingyenzi ku Rwanda ajyanye no kubazwa inshingano (accountability), kubitangariza Abanyarwanda birushaho kuba ngombwa.
Umuturanyi wanjye Bernard Makuza si we ibi bireba, by' ibanze. Ahubwo ni Abanyarwanda bandi baba bakeneye aya masomo.
Murakoze cyane kunyumva🙏🏾
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yashyizeho agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere utsinze ibitego mu bikombe by’Isi bitandatu bitandukanye.
Ni nyuma y’igitego yatsinze mu mukino uhuza Portugal na Uzbekistan, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, kuri NRG Stadium, isigaye yitwa Houston Stadium, kubera imikino ya 2026 FIFA World Cup.
Ronaldo bakunda kwita CR7, yatsinze ibitego mu 2006, 2010, 2014, 2018, 2022 na 2026. #RBASports #FIFAWorldCup