@Mamaurwagasabo1 Nuko abanyarwanda tugira ubwoba , ariko ndabizi ko aho buriwese ari ari kuburana n ubwonko bwe, hacyenewe private investigators mu Rwanda,
@Muzungu4 Icyekwereka uburyo abanyarwanda baremankwe ishyari, uca intege ikintu cyundi umwereka ko ntacyo kikimaze. Kandi ibi ni nka COVID bizageraho bive mu nzira