@InterLtd70278@ChallUmurerwa Uziko iyi message uko uyanditse neza neza hari igihe mu mateka byabayeho bakavuga bati tugomba gusobanura neza (definition)umwanzi uwo ari we. Yaratangiraga ngo: Umwanzi ninde? Umwanzi ni..............ibindi ndabyibagiwe
@Danielin2019@TomNdahiro Ugendeye ku gihe urwango rwacengejwe mu mitima y‘abanyarwanda, nta wundi musaruro wari witezwe. Politic y‘ubugwari ni aho igeza abaturage. 《Twigire ku mateka, twubake ejo hazaza》🙏🙏🙏
@Danielin2019@TomNdahiro Aho iterambere rigeze si ngombwa ko umuntu ajya muri buri rugo ngo agiye gushaka icyitso. Gusa uko inkotanyi zateraga, si na buri mututsi wafungwaga!Iki cyaba ikiganiro kirekire, nuko Sometimes no kuganira kuri iyi topic usanga bitari open. Ntagira uwo nkomeretsa 🙏
@senior250@ChallUmurerwa@ScoviaMutesi Hari icyo mukundira: azi gutondeka neza igitekerezo cye no kuvugira mu ruhame. Ikibazo cye ntago ari ponctuelle(Ponctuelle= gukora ikintu, mu gihe nyacyo, ahantu nyaho, mu mwanya wacyo). Muri macye avuga byose tu. Abonye professional courses byaba perfect.