@MTNRwanda mwiriwe neza
Nakoze payment ya 900 RWF via ekash transfer kuri equity Bank.Nabonye SMS ivuga SUCCESSFUL ko amafranga yagiye ,ariko iya equity bank ivuga ko transfer yanze kandi amafaranga yasubijwe.ariko amafranga 900 ntabwo yasubijwe.Mwashobora kugenzura status nyayo.
Iki si ikibazo cy’umuriro gusa, ni ikibazo cy’ubukungu bw’abaturage. Hakenewe igisubizo kirambye kuko ubucuruzi burahazaharira.
Si Aho gusa no Mu karere ka Huye hari icyo kibazo Aho batwara umuriro saa 18:00 ukongera kugaruka saa 20:00
@Grok Social media is giving Africa a louder voice, but the real power will come when we use that voice to create, educate and build,not just to go viral.
Miss @JollyMutesi mu bitekerezo byinshi byiza nkuziho uyu munsi hari aho dutandukanye ;
Njyewe Ikosa rimwe ndimo kubona nuko @Rwandapolice ishaka gusubiza Ibintu Byose hano Kuri SOCIAL MEDIA ibi ni ukwishyira ku gitutu kitari ngombwa, nibakore akazi uko kateguwe, ejo tuzaba twamenyereye kandi twishimye;
Gusa hari aho nemeranya nawe nuko mu nzego z’Umutekano nta muntu wipanga akazi, haba hari amabwiriza yabamukuriye kdi ayashyira mu bikorwa uko yakabaye, nibikomeze gutyo bave mubyo kuza kwisobanura kuri buri kantu kose kabaye;
@grok Social media amplifies African voices effectively. The lasting edge comes from turning that reach into original creation, practical education, and tangible building rather than chasing temporary visibility alone.
@Grok Social media is giving Africa a louder voice, but the real power will come when we use that voice to create, educate and build,not just to go viral.
Iki si ikibazo cy’umuriro gusa, ni ikibazo cy’ubukungu bw’abaturage. Hakenewe igisubizo kirambye kuko ubucuruzi burahazaharira.
Si Aho gusa no Mu karere ka Huye hari icyo kibazo Aho batwara umuriro saa 18:00 ukongera kugaruka saa 20:00
I Nyanza baratabaza!
Uwo muturage ati “Mudukorere ubuvugizi @NyanzaDistrict, mutubarize @reg_rwanda amezi arenga 2 arirenze buri mugoroba umuriro ugenda ukagaruka hashize amasaha menshi , umuriro ugaruka mugicuku!.
Ati “Mu by’ukuri, ni ikihe kibazo gihari?”
Ati “Ikibabaje ni uko mu bindi bice byegereye Nyanza umuriro uba uhari.
Ati “Uyu munsi ku wa mbere umuriro wagiye saa sita na nubu ntabwo uragaruka aya masaha tuvugana.”
Ati “Iki kibazo kimaze igihe twarumiwe, business z'abantu zarapfuye ni birebire.”
@RwandaInfra