@KwizeraDiogene1@onduhungirehe@ScoviaMutesi Umuntu iyo yanditse aba azi neza audience ye ko yumva urwo rurimu niba Scovia atarwumva si impamvu yo kujya kwihambira ku gifransa atazi gusobanura.
Umunyarwanda Elvin Cena, akomeje kuba ikimenyabose mu ruhando rw’umuziki kubera indirimbo ya ‘Let Me Be’, ikomeje kumugira ikimenyabose.
Kuri iyi nshuro iyi ndirimbo ikomeje kubica bigacika ku mbuga zumvirwaho umuziki, ni yo iyoboye izindi 50 zo mu njyana ya Afrobeat kuri Billboard.
Soma byinshi kuri we ⤵️🔗
https://t.co/TpPFTKmmvw
@RNPSpokesperson Nange n uko. Gusa nashakaga kubabaza ese amagambo akoreshwa na bamwe mu ba police nyuma y'uko umuntu abuze perime mwaba muziko atum umuntu yiheba? Urugero ukumva arakubwiye ati mwese ntimwaba aba shoffer hakenew n'abagenz. Kandi azi nez amafranga yose umunt aba yakoresheje.
@IGIHE Ariko se RBA ko Ari inzozi z'umuntu wese ukunda journalism mu Rwanda nkaba mbona aba legend bayidukundishishe babivamo ubwo nta cyijya mbere tutazi? What's wrong ndani ya RBA?