Rwanda continues to strengthen evidence-based education improvement.
The Learning Achievement in Rwandan Schools (LARS 2025) assessed 22,950 learners from 592 schools across all 30 districts, providing critical insights into learner performance in Reading, Writing, and Mathematics.
#LARS2025
Abantu batandatu bo mu Karere ka Nyabihu bapfuye, abandi babiri bajya mu bitaro kubera kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge. Hari abavuze ko izi nzoga bazikora mu ruvangavange rwa Kanyanga, Amazi na Alchool.
Ubuyobozi bw'Akarere buri kumwe n'inzego zishinzwe umutekano, bagiye aho byabereye mu Murenge wa Bigogwe, Akagari ka Arusha kuganiriza abaturage.
𝐖𝐎𝐑𝐋𝐃 𝐂𝐔𝐏 𝐃𝐄𝐁𝐔𝐓 𝐅𝐎𝐑 𝐋𝐀𝐌𝐈𝐍𝐄 𝐘𝐀𝐌𝐀𝐋 🤩
𝗛𝗘 𝗛𝗔𝗦 𝗔𝗥𝗥𝗜𝗩𝗘𝗗 𝗔𝗧 𝗧𝗛𝗘 𝗪𝗢𝗥𝗟𝗗'𝗦 𝗕𝗜𝗚𝗚𝗘𝗦𝗧 𝗦𝗧𝗔𝗚𝗘 ⭐
Only 18 years old. Already won the EUROs. Now ready to conquer the World Cup 🌍🏆
Bigeze kuri 94%: Isura nshya y’ibishanga biri gutunganywa muri Kigali (Amafoto, IGIHE)
Mu minsi mike iri imbere biteganyijwe ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali izaba igeze ku musozo. Byitezweho gutanga umusanzu mu kurengera ibidukikije, kurwanya ibiza, gutanga umwuka mwiza ndetse n’ahantu ho kwidagadurira no kuruhukira.
Ibi bishanga byitezweho guhindura isura y’Umujyi wa Kigali, birimo icya Gikondo kizaba gifite ubuso bwa 162 Ha, icya Nyabugogo kizaba gifite 131 Ha, icya Kibumba cya 68 Ha, icya Rwampara gifite 65 Ha n’icya Rugenge-Rwintare cya 65 Ha.
Mu butumwa Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), yashyize hanze kuri uyu wa Kane yatangaje ko uyu mushinga wo gutunganya ibishanga bitanu ugeze kuri 94% ushyirwa mu bikorwa.
Amakuru IGIHE ifite ni uko muri 6% ibura ngo imirimo yo kubaka ibi bishanga irangire harimo ibijyanye no kubaka inyubako zizajya zikoreshwa n’abakozi bazajya batanga serivisi zo gusobanurira abifuza kubisura, ndetse n’indi ijyanye no gutunganya bwa nyuma ubwiza bw’igishanga.
Nubwo 94% ari igereranya ry’aho ... KOMEREZA KURI IYO LINK 👇
https://t.co/f8BvPrVzCp
Lt Col Pacifique Kanyandekwe na Maj John Muhikira, abasirikare babiri b’u Rwanda, basoje amasomo y’imiyoborere mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare (Senior Joint Command and Staff College) riherereye i Karen muri Kenya.
▶️https://t.co/uvLFPVF8Se