Ba rwiyemezamirimo batandatu batangiye gukorera mu Cyanya cyahariwe ubuhinzi cya Gabiro (Gabiro Agribusiness Hub) giherereye mu Murenge wa Rwimiyaga n’uwa karangazi mu Karere ka Nyagatare,@SamKabera
Muri aya masaha, Minisitiri w'intebe Dr. Nsengiyumva Justin, ari gusura imishinga y'iterambere mu Karere ka Nyagatare aho yahereye ahubakwa urugomero rwa Muvumbaruzatwara ingengo y'imari ya Miliyari 102,rukazagira impinduka ku iterambere n'imibereho myiza y'abaturage.
bushingiye ku Kubungabunga Ibidukikije (RICA), riherereye mu Karere ka Bugesera. Iki kiganiro cyatanzwe ku wa Gatanu, cyagarutse ku rugamba rwo kubohora u Rwanda, uruhare rw’Ingabo za RPA Inkotanyi ndetse n’inshingano z’urubyiruko rw’iki gihe mu kurinda no
yasuye Ikigo cya gishinzwe uburezi n’Ubushakashatsi mu bya mu Ngabo zirwanira mu kirere kizwi nka Gagarin Air Force Academy giherereye i Voronezh mu Burusiya.
ikagera kuri metero kibe zisaga 688.000 ku munsi mu 2029.” Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yavuze ku mishinga izakemura ikibazo cy'ibura ry’amazi by’umwihariko mu gihe cy’impeshyi.
Yagaragaje ko ihindagurika ry’imiterere y’ibyaha byambukiranya imipaka risaba ubufatanye butajegajega. Yashimangiye ko u #Rwanda rwiyemeje gukorana n’ibihugu byo mu karere no mu Muryango w’Abibumbye n’abafatanyabikorwa batandukanye,
Mu Nama ya #UNCOPS2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yitabiriye ibiganiro byibanze ku gushimangira ubufatanye mpuzamahanga mu guhangana n’ibibazo by’umutekano byambukiranya imipaka. @SamKabera