Umuraperi w’icyamamare ku Isi Drake ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo gikomeye kizabera i Kigali tariki ya 10 Gashyantare 2027, mu rwego rw’uruhererekane rw’ibitaramo bye yise “Drake Freeze The World Tour”, ruzahuriza hamwe ibihugu bitandukanye byo ku migabane itandukanye, by’umwihariko azatangirira muri Afurika mu ntangiriro za 2027.
1/3 Rubyiruko bagenzi banjye, ubutumwa bwanyu muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ni bwiza pe! Ariko se ko hari uwarokotse uri hafi yawe utumva neza icyongereza cyangwa izindi ndimi, ubwo butumwa bwawe buramugeraho koko nk’uko ubyifuza?