Mwaramutseho @RCARwanda@Rwandapolice@RURA_RWANDA@RwandaTrade duheruka mutubwira ko hari amakoperative y abamotari
Ariko ubu ubuyobozi bwayo buri gukora iki? Umunsi k umunsi mu kuganira na @spiro_rw ngo itange serivise nziza kubijyanye n imicagingire y amabatiri n ibindi
Harimo iki ? Muri uku gushwanashwana kw abanyamakuru ? Gutukana kwandagazanya no gusebanya ubundi bimaze iki ? Ko icyerekezo cy u Rwanda Ari iterambere
Andi matiku nayiki?
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU
PAC iratangira kubariza mu ruhame inzego n’ibigo 76
Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) igiye gutangira igikorwa cyo kubariza mu ruhame, kuva ku wa 25 Kamena kugeza ku wa 10 Nyakanga 2026, aho inzego 76 zizatanga ibisobanuro ku makosa yagaragaye mu micungire y’imari n’umutungo bya Leta muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye ku wa 30 Kamena 2025.
“Intego yacu y’ibanze ni ugukurikirana ko buri faranga rya Leta ryakoreshejwe icyo ryateganyirijwe, ko ryakoreshejwe ku gihe kandi ko hatabayeho gusesagura. Kubariza mu ruhame ntibigamije gusa kubazwa amakosa, ni n’umwanya inzego za Leta zigaragaza uburyo bwo kuyakosora no kunoza imikorere, hagamijwe gukoresha neza umutungo wa Leta mu nyungu z’Abanyarwanda.” Perezida wa PAC Muhakwa Valens
Inzego, imishinga n’ibigo byatumijwe byatoranyijwe hashingiwe kuri ibi bikurikira:
Inzego zabonye biragayitse (advserse opinion) haba muri bugenzuzi bw’imari, iyubahirizwa ry’amategeko cyangwa igenzura ry’agaciro k’umutungo (value for money);
Inzego zabonye byakwihanganirwa (qualified opinion) mu igenzura ry’agaciro k’umutungo (value for money)
Inzego zashyize mu bikorwa inama z’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ku gipimo kiri munsi ya 80% ariko hakaba harasuzumwe n’uburemere bw’ibibazo bitarakemuka;
Inzego zakorewe igenzura ricumbukuye, igenzura ryihariye cyangwa igenzura ku bijyanye n’ikoranabuhanga.
Ariko ubundi
Mu masezerano y Arusha Harimo iki ? Niba Koko gusangira ibyiza by igihugu byari kuba bishingiye ku mibare n ubusumbane .ibintu byose byari % purusantaje
Kandi rwose
Tugereranije n ubumwe dufite ubu
Ibaze rwose ubu iyo ayo masezerano iyo aza kuba Ariyo ayoboye?
@spiro_rw Mwageregeje ko serivise z imitangire ya batiri no gucaginga ikanoga Koko
Ko mugifitemo intege nke cyane Niki mwabuze ngo twebwe abamotari batwara moto za Spiro tubone serivise nziza inogere u Rwanda n abarutuye.