π¨πππππππ πππππππ¨
Perezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar kuri uyu wa Gatanu, yakirwa n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga y'icyo gihugu, Sultan bin Saad bin Sultan Al Muraikhi, mbere yo kugirana ibiganiro na Tamim bin Hamad Al Thani, Emir wa Qatar.
πIbibazo byinshi birasa kandi birumvikana. Reka twibukiranye.
1. Mudasobwa itangwa ni inguzanyo yishyurwa hariho inyungu ya 11%. Iyi yiyongera ku nguzanyo yo kwiga ndetse n'igutunga igihe wiga.
2. Wowe uri mu mwaka wa nyuma, uyu munsi, usigaje gusa amezi 5-6.