@UmunyarwandaPK@magashi@NdahiroPapy Magashi se ni igiki? Inkuru Ndahiro akora se hari ibihimbano urabonamo? Uko Yesu yaje kuducungura ari umwe ni uyu yavuga hakagira igihinduka ntimugakange abantu bro! Akarengane ni kabi Kandi kazarwanywa kabisa kera tutaramenya twari tuzi ko muba mwabitumwe kumbi ni imitwe muteka
@Iyamuremye_A Nanjye ndabibona nkibaza icyo umuntu nkuwo aba yishimira rwose gusa ni ubujiji burenze ubundi uko biri kose nta muntu wakifuje ibibi byaba ku gihugu cye uko byaba bimeze kose kuko ingaruka zigarukira abavandimwe bawe,bene wanyu rimwe na rimwe utanagira icyo umariye!
@TwahirwaIpha Olivier se yamara iki mu mavubi ? Dukeneye impinduka ibyo yagombaga gukora yarabikoze nareke abato bakine nta gikombe yateaye na kimwe so ku bwanjye umutoza yatangira ibye bishya
@TheoUw1 Biriya byose ni ya ntare y' ingore uyu musaza ntumurenganye nta gatuza yifitiye Kandi ngo guceceka si ubucucu ahubwo ni ugucengerwa n' ibyo uzi!