“Ndi Umunyarwanda ni ko kubaho kwacu nk’u Rwanda.” –Senateri Charles Murigande
Dr. Muligande asaba ko iyi gahunda yakongera igashyirwamo imbaraga nyinshi.
@JacquesUwihang1@oswaki Oya vana ububwa n'amatiku hano kubihuza n'ubutegetsi bigaragaza ko imyumvire yawe ari hafi ya ntayo system iteye neza ahubwo izo speculations zanyu nizo mbi
@oswaki Ibi bizamini byavuye ku mpapuro ari induru hajyaho system bikomeza kuba induru kubera ikibazo gishakirwa aho kitari ahubwo Speculations zibamo nizo zigenderwaho mu gushaka umuti. Icyo kwishimira ni uko ntaho bihuriye n'Uturere nsina ngufi ngo habe hari umukozi urengana
@reg_rwanda@RwandaInfra@RURA_RWANDA Ko Nyamata Kacyiru usanga umuturanyi acanye undi begeranye ari mu kizima nkaba mbona ibi bitatureba biba byagenze gute? turaye mu kizima mutubarize ishami ryanyu aho ikibazo kiri