Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump agiye guhemba umusore w’imyaka 16 warokoye umwana mu buryo butangaje n’amazi.
Uyu musore asanzwe akora ibikorwa byo kurohora ndetse no gutabara abogera muri aya mazi yo ku mucanga w’i Santa Cruz muri Leta ya California.
Mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kabiri, uyu musore yagaragaye ahanganye n'imivumba ikomeye kugeza akuye uyu mwana mu mazi ari muzima.
Nyuma yo kubona aya mashusho, Perezida Donald Trump, yavuze ko uyu musore ari intwari anemeza ko azatumirwa muri White House we n'uyu mwana maze agahabwa umudali w'ikirenga uhabwa abasivili bakoze ibikorwa by'indashyikirwa. #IGIHENews
"The Prime Minister is there because of his backbenchers. And they all think they are the next Prime Minister - and the only thing in their path is you."
Boris Johnson on the real mechanics of power in Westminster.
Hear more on The @SmokelessWord.
[DISDAIN THINGS YOU CANNOT HAVE/AFFORD]
If you see a prodigy and do not treat it as such, its character as a prodigy is destroyed.
PRODIGY: (extraordinary thing)
Congratulations President @KagutaMuseveni on your re-election as President of the Republic of Uganda. I extend my best wishes to you and the people of Uganda as you continue to serve your nation for the prosperity of your people. I look forward to the continued strong and productive cooperation between our two countries.