Kuwa 4/7/2026,mu midugudu yose igize Umurenge wa Manyagiro hizihijwe ku nshuro ya 32 Umunsi Mukuru wo @Kwibohora32.Umuyobozi w'Umurenge,Bwana @KalisaClaudien,yifatanyije n'abaturage b'Akagari ka #Nyiravugiza mu kwizihiza ibyagezweho no kongera imbaraga mu rugendo rw'iterambere.
Kuri uyu wa 04Kamena2026,abaturage n'abayobozi bo mu Murenge wa Manyagiro basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi n'Ingoro y'Amateka y'Urugamba rwo Kubohora Igihugu,bashimangira umuhigo wo kwibuka no kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside.
Kuri uyu wa 1 Kamena 2026,Umurenge wa Manyagiro wasuwe na @ValensMuhakwa mu rugendo rw'Inteko Ishinga Amategeko rugamije gusura abaturage. Yaganiriye n'ibyiciro bitandukanye ku guteza imbere ubuhinzi, kwirinda amakimbirane no gukomeza kwimakaza ubumwe n'ubudaheranwa.
Kuri uyu wa Kabirimu Tugari twose tugize Umurenge wa#Manyagiro hateranye inteko z’abaturage.Vice Mayor ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage,Bwana @MbonyintwariJMV ari kumwe n’inzego z’umutekano bifatanyije n’abaturage bo mu Kagari ka#Ryaruyumba baganira ku ngingo zitandukanye
Uyu munsi tariki ya 19/05/2026,Vice Mayor ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage mu Karere ka Gicumbi, Bwana MBONYINTWARI Jean Marie Vianney ari kumwe na Col MURINDANGABO Robert,Polisi na DASSO basuye GS MANYAGIRO TSS. Bashimye isuku n’imitegurire y’ikigo,banatanga inama.
None kuwa Gicurasi2026 Mu Rwunge rw’Amashuri rwa Manyagiro habereye inama y’umutekano yaguye iyobowe na V/Mayor ushinzwe Imibereho Myiza mu Karere ka Gicumbi,Bwana MBONYINTWARI Jean Marie Vianney, hamwe n’inzego z’umutekano.Hibanzwe ku kurwanya Kanyanga n’abarembetsi
abaturage basabwe kugira uruhare mu gutanga amakuru ku barembetsi no gufatanya n’ubuyobozi mu kuyirwanya hagamijwe kubungabunga umutekano n’iterambere ry’abaturage.
None kuwa12Gicurasi2026,Manyagiro habereye inama y’inshuti z’umunyamuryango yibanze ku nshingano,gukemura ibibazo by’imiryango no gutangira amakuru ku gihe.Yayobowe na ES Kalisa Claudien ari kumwe na #GGO.Hibanzwe ku gukomeza ubufatanye no kurengera imibereho myiza y’abaturage
Ku wa05 Gicurasi 2026, mu tugari twose tw’Umurenge wa Manyagiro habereye Inteko Rusange y’Abaturage. Umuyobozi w’Umurenge, Bwana Kalisa Claudien,yifatanyije n’abaturage b’Akagari ka Nyiragifumba bakangurirwa gukoresha system MBAZA mu kugaragaza ibibazo,kwita ku isuku n’umutekano
Kuwa Gatatu,tariki ya29
Mata2026,#Manyagiro habereye amahugurwa ya CPC’s kuva ku mudugudu kugeza ku murenge,yayobowe #KALISAClaudien,Umuyobozi w’Yibanze ku nshingano zabo,kurinda umutekano w’abaturage no gutanga amakuru ku gihe hagamijwe umutekano usesuye n’iterambererirambye
None kuwa Kabir,tariki ya 28 Mata 2026, #Manyagiro hakozwe igitondo cy’isuku cyitabiriwe n’abakozi b’umurenge,kiyobowe na Bwana KALISA Claudien Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa Manyagiro.Hibanzwe ku gusukura ibice bitandukanye no gushimangira umuco w’isuku
Ku wa 21 Mata 2026, mu tugari twose tugize Umurenge wa Manyagiro habaye Inteko Rusange y’Abaturage. Umuyobozi w’Umurenge yifatanyije n’abaturage b’Akagari ka Ryaruyumba, baganira ku iterambere n’imibereho myiza. #Ubufatanye#Iterambere