IRI NI #ISEBANYA PE AHUBWO SINZI AHO UYU MUGORE AKURA IMBARAGA ZISAGARIRA NYAKUBAHWA MINISITIRI AMBASADERI NDUHUNGIREHE UYOBOYE MINAFFET:
Nihatagira igikorwa muri 30 days from now, ndamenya ko ibyo twumvishije bavuga ko ngo ari uwabajepe aribyo koko!!!
Stay tuned pe.
Pst Claude na magashi bakwiye kujyanwa kugororwa ugatinyuka ukita abanyamakuru ba mama Urwagasabo ngo mubyiyumvire sinabyandika ark hano bararengereye peee
Abayobozi b’amabanki na ba Minisitiri b’Imari bo mu bihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku Isi (G7), barahurira mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, mu nama yiga ku bibazo byatewe n’intambara yo muri Iran.
Ibyo bihugu ni Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, Canada, u Bufaransa, u Budage, u Butaliyani n’u Buyapani.
U Bufaransa buyoboye G7 muri uyu mwaka bwifuza ko iyi nama yasozwa igeze ku mwanzuro uhuriweho ku bibazo biri gutuma ubukungu bw’Isi burushaho kujya mu kaga. #RBAAmakuru
Wiriwe mubyeyi @ScoviaMutesi sinifuza kuguhangara kuko uranduta, urambyaye gusa unkundire nkwibutse ko @onduhungirehe inshingano ze ari ububanyi n’amahanga. Amahanga ntabwo akoresha ikinyarwanda. Kwandika mu gifaransa rwose ntakibazo kirimo. Nk’uko yabivuze muri tweet ye yambere hari amagambo mutasobanukiwe mwamwegera yabaha na interview mu kinyarwanda!
Nyakubahwa Minister arwana intambara nyinshi kuri aya mayira mu ndimi bamwe muri twe tutanazi neza. Minister ahangana abanzi b’u Rwanda benshi cyane kandi muri iyi minsi biganjemo abavuga izo ndimi. Wimuha izindi nshingano zo kuba umusemuzi. Ikigaragara guha akazi abavuga izo ndimi byababera byiza kurushaho. Ese iyo musesengura ibyo Macron yavuze naho mumusaba kubaha version y’ikinyarwanda ?
Let me take this opportunity to personally thank you @onduhungirehe for your outstanding service to this nation🙏🏿
Ntangiye kwifuza kuba umwe mubagize iyi nteko ariko ndamutse nyigeze mo ngasanga Evode akiyirimo mumenye ko hagiye gukongoka tuzajya dutaha saa 21:00 za joro
Igisirikare cya Iran cyatangaje ko Amerika itakiri igihangange nk’uko byavugwaga mu gihe cyashize, cyemeza ko igendera kw’izina gusa ndetse ko izatsindwa intambara ibihugu byombi bihanganyemo.
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, yagaragaje impungenge zikomeye ku kwiyongera kw’urwango n’ubukana bw’intambara iri guhuza Iran, Amerika na Israel , asaba ko habaho guhagarika imirwano byihuse mu gihe amakuru avuga ko Amerika kwitegura kohereza ingabo nyinshi mu Burasirazuba bwo Hagati.
Brazil 🇧🇷 President Luiz Inácio Lula da Silva backs President John Dramani Mahama of Ghana 🇬🇭 in a push at the United Nations to declare the transatlantic slave trade a crime against humanity.
Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida wa Kenya, William Ruto na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni batangije ku mugaragaro imirimo yo kubaka inzira ya gari ya moshi ya kilometero 370 izahuza Kenya na Uganda.