Iki kigo nicyo kigo gitanga service mbi mu Rwanda cg kwisi yose ahari @MTNRwanda sinzi niba ikigo gishingiye kubanyarwanda nyirizina kuko turi kwibwa turi guhambwa service mbi mu mateka iki kigo cyaje kudusahura.ikibazo sinicyo ark byibuze tunahabwe service nzima ndababayeπππ
@EmmyNsabimana11@MTNRwanda Umu client agakatwa yishyura umucuruzi nawe yajya kuyakuraho bakamukata ibibazo byabo byo ni byinshi iyi si company ni ibisambo gusa
Mu Rwanda Hari ibintu mbona nkababara muri iki gitondo nicaye ndi mukazi kanjye abakozi ba @rrainfo barinjiye ni batatu umukobwa umwe abagabo ba biri nta kibaranga mbona na kimwe umwe muribo aransuhuje Ari waramutse .ndikirije arangije ati duhe tin number nta mubyukuri nta mbwiye