MPs have requested explanations on the delivery of clean water services to citizens. What led to this? Welcome to #IntekoIn60secs
- - -
Abadepite basabye guhabwa ibisobanuro ku mitangire ya serivisi zo kugeza amazi meza ku baturage. Byaturutse he?
Reba iyi videwo.
“You have grown up in a Rwanda that has rebuilt itself and offers you greater opportunities and a promising future. Your responsibility now is to safeguard what has been achieved, build upon it, and take our country even further, so that you leave an even stronger legacy to future generations.” Prime Minister Nsengiyumva | Indangamirwa 16 Closing Ceremony.
---------------------
"Mwe mubyirutse u Rwanda rwarongeye kwiyubaka, mufite amahirwe menshi kandi mufite ejo hazaza hatanga icyizere. Inshingano zanyu rero ni ukurinda ibyagezweho no kubiteza imbere, mukageza igihugu ku ntera irenze kure cyane iy’aho mwagisanze, kugira ngo n’abazabakurikaho muzabasigire umurage uruta uwo mwahawe." Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva | Mu muhango wo gusoza Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 16.
This evening, Prime Minister Nsengiyumva welcomed a delegation of business leaders from the Chief Executives Organization, part of the Young Presidents’ Organization (YPO), as they began their visit to Rwanda as part of a wider East Africa programme.
In his keynote address, the Prime Minister shared perspectives on Rwanda’s transformation journey and opportunities for investment and partnership.
----------------------
Kuri uyu mugoroba, Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yakiriye itsinda ry'abayobozi bakuru b’ibigo by'ubucuruzi bibumbiye mu muryango wa Young Presidents’ Organisation (YPO), batangiye uruzinduko rwabo mu Rwanda mu rwego rwa gahunda yo gusura ibihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.
Mu ijambo rye, Minisitiri w’Intebe yagarutse ku rugendo rw’u Rwanda mu iterambere, kandi abasangiza ibitekerezo ku mahirwe y'ishoramari ari mu Rwanda no guteza imbere ubufatanye.
Today Ambassador Charles Karamba visited the Modern Ethiopia services for organized Benefit (MESOB), a one stop center service provider that has gone a long way to ease service delivery.
The organization CEO shared insights on its innovative approach to transforming public service delivery and expressed leadership readiness to share experiences. He reminded that the center was established after benchmarking with some other African countries Rwanda being one of them.
📷AMAFOTO 📷
Ababyeyi n’abandi batumirwa bageze mu Kigo cy’Imyitozo ya Gisirikare i Gabiro, ahagiye gusorezwa ibikorwa by’Itorero Indangamirwa, Icyiciro cya 16 kuri uyu wa Mbere.
Iri torero ryatangiye tariki ya 1 Nyakanga 2026, ryitabiriwe n'abagera kuri 769 barimo abiga mu mahanga, abiga mu mashuri mpuzamahanga akorera mu Rwanda, abo mu Mashuri Makuru na Kaminuza zo mu Rwanda ndetse n’ababaye indashyikirwa ku Rugerero baturutse mu Turere twose tw’Igihugu. #RBAAmakuru
📸: @NdiRuzi
🚨MURARARITSWE🚨
Mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare i Gabiro hagiye kubera umuhango wo gusoza Itorero Indangamirwa, Icyiciro cya 16.
Ntimucikwe n’iki gikorwa kinyura kuri Televiziyo Rwanda no ku mbuga nkoranyambaga za RBA mu kanya katarambiranye. #RBAHafiYawe#RBAAmakuru
Today at the Gabiro Combat Training Center in Gatsibo District, Prime Minister Nsengiyumva will preside over the closing ceremony of the 16th Itorero Indangamirwa, which brought together over 750 young people from across the country and the diaspora.
Follow the ceremony live:
------------------
Uyu munsi, mu Kigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo, Minisitiri w'Intebe Nsengiyumva arayobora umuhango wo gusoza Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 16, ryitabiriwe n'urubyiruko rusaga 750 rwaturutse hirya no hino mu Gihugu ndetse no mu mahanga.
Kurikira uyu muhango hano: https://t.co/pzOeXh5hUG
#FriendlyGame | FT
YANGA AFRICANS 1-2 AIGLE DU CONGO
Iyi Team yo muri DRC izahura na APR FC ni ukuyitondera!
NIZERE KO TALEB YAYIZE KABISA!
@BBKIGALIFM 89.7 FM
This evening, Prime Minister Nsengiyumva attended the final of the #CECAFAKagameCup2026 at Amahoro Stadium, where Rwanda’s Rayon Sports FC defeated Kenya’s Gor Mahia FC 2–1 to win the tournament.
------------------
Kuri uyu mugoroba, Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yitabiriye umukino wa nyuma wa #CECAFAKagameCup2026 wabereye kuri Stade Amahoro, aho Rayon Sports FC yo mu Rwanda yatsinze Gor Mahia FC yo muri Kenya ibitego 2–1, maze yegukana igikombe cy’iri rushanwa.
#CECAFAKagameCup2026Final
Nyuma y'imyaka 28 Rayon Sports itwaye igikombe cya CECAFA Kagame Cup
Kibaye igikombe cyayo cya kabiri mu mateka nyuma y'icyo yatwaye mu mwaka w'i 1998 itsinze Mlandeg ibitego bibiri kuri kimwe.
Murera igitwaye yinjije ibitego bitandatu mu mikino itanu ikaba yo yarinjijwe ibitego bibiri mu izamu ryayo.
Ibihumbi 60 by'amadolari y'Amerika bitangwa na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul KAGAME nk'umuterankunga mukuru w'irushanwa, Rayon Sports irahembwa ibihumbi 30.
CONGRATULATIONS KUBAKUNZI BA RAYON SPORTS FOOTBALL CLUB AHO MURI HOSE🏆🥇💙🤍💙🤍🥳🥳😍😍
UBYAKIRIYE UTE??
🚨AMAKURU MASHYA🚨
Rayon Sports yegukanye #CECAFAKagameCup2026 itsinze Gor Mahia ibitego 2-1, mu mukino wabereye muri Stade Amahoro, kuri uyu wa Gatanu.
Ni ku nshuro ya kabiri iyi kipe itwaye iri rushanwa, yaherukaga kwegukana mu 1998. #RBASports