Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Kamena 2026, abagize umuryango mugari w'Abafaransisikani bakoreye urugendo Nyobokamana i Kibeho kwa Nyina wa Jambo mu rwego rwo kwizihiza Yubile y'imyaka 800 ishize mutagatifu Faransisiko washinze uyu muryango yitabye Imana kuva mu 1226-2026.
Biri kuba: Ku gasozi k'Ibanga ry'Amahoro gaherereye muri Paruwasi ya #Nkanka muri Diyosezi ya Cyangugu, hari kubera Umuhango wo #kwibuka Padiri Ubald Rugirangoga Umaze imyaka 5 yitabye Imana. Uyu Muhango wanitabiriwe n'abari inshuti ze bo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika kuko
Kuri uyu wa 9 Kamena 2026, Diyosezi ya Kabgayi yatangije amahugurwa y’iminsi ibiri kuri Sinodi ijyanye no kugendera hamwe mu buzima bwa Kiliziya. Aya mahugurwa ahuje abahagarariye ibyiciro bitandukanye by’Umuryango w’Imana, barimo abapadiri, abiyeguriyimana, urubyiruko
ABUBATSE, IBI BINTU BIRAKAZE?
Inyigisho: Umunsi wa 1 W'ISENGESHO RY'IGISINGIZO CYA YERIKO muri Paroisse St Jean Bosco Kicukiro. @ArchKigali
https://t.co/PxjgGJNH7Z
Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere ireme ry'uburezi, ku wa 08/06/2026, muri Salle ya Centre Pastoral Bon Pasteur habereye amahugurwa y'abarimu bigisha isomo ry'Iyobokamana mu Mashuri Gatolika. Yateguwe na Komisiyo y'Uburezi muri Diyosezi ya Ruhengeri
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yifatanyije n’abana, abarezi ndetse n’ababyeyi barerera mu Kigo cya Cité de Nazareth giherereye i Mbare, mu kwizihiza umunsi mukuru w’ishuri n’uw’umurinzi