Umucyo!
Numero y’ababyeyi ba Uwamariya Leontine yari yaranditswe nabi, nyirayo ayitabye ntiyabwira umukozi wa NESA ko bahamagaye nimero itari yo, anabizeza ko umwana azaza.
Ngiyo impamvu yatumye uyu mukobwa wasangiye umwanya wa mbere na Musonga Isimbi Orah atitabira ibirori byo gutangaza amanota ku wa 20/08/2026 i Kigali, nk’uko Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC, Madame Irere Claudette abivuga ⤵️
🎥 @rbarwanda | Dushimire @kemnique uyiduhaye.
Ntabwo bitunguranye kuba umwana wo mu Ntara by'Umwihariko i Nyakasheke kubuzwa amahirwe mu gihe ahanganye n'Umwana w'i Kigali,
Urumva se atadusebya?
Urumva se yamenya kuvugisha itangazanakuru?
Reka duhamagare umunyamujyi, uriya tuzabwira Gitifu amugereho,
🚨Wowe ubibona ute?
Amashusho agaragaza bamwe mu bamotari b’i Kigali mu masaha y’igicuku batwawe n’agatotsi yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga.
Bamwe bavuga ko umunaniro n’ibitotsi biri mu mpamvu zitera impanuka zo mu muhanda, mu gihe abandi bavuga ko isuku y’abamotari bakora muri ubu buryo ikemangwa. #IGIHENews
@Rwandapolice Ese umutekano wacu n'ibyacu tuwizere bingana bite?
Ese ko bimeze gutya abantu bagufite ayo bakoreyrme mu nganda zitarafungwa, ny'uma y'iminsi mike hari umuntu urajya asinzira? Ko abajura bagiye kuba benshi cyane?
Murakoze
Ni byiza gusora neza cyane ko Ari inshingano zawe. Ariko se , dukeneye kumenya ko wasohokeye ahantu hahenze, waguze iPhone ya 2M.
Wakabaye utubwira ko wahaye akazi abantu 5,000 wubakiye abari kunyagirwa, cg wafashije abana kuva mu muhanda. Naho ibindi byose biri munyungu zawe