Editor-in-Chief at InyaRwanda. Gospel Hub & Truth-Teller. I'm not an accident, I was created uniquely for God's Purpose!. I'll worship Lord 4ever. Job 28:28.
Umuramyi Patrick Nishimwe w'impano ikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze Album ye ya mbere yise “Shammah”, yitezeho gufasha benshi kwegerana n’Imana no kuyisenga mu kuri no mu mwuka.
Umuhanzi nyarwanda uba mu Bufaransa, Uwimana Jean de Dieu uzwi nka Jado Kelly, yateguye igitaramo gikomeye cyo kuramya no guhimbaza Imana kizabera mu Bufaransa.
SEE Muzik yatangaje Nuru Wave Festival 2026 — Iserukiramuco rya mbere mu Rwanda rihuza Urban Gospel n’Ubuhanzi bwahindura umuco, akaba ari iserukiramuco rizajya riba buri mwaka mu gihe cy'impeshyi.
Umuramyi Olivier Kavutse yakoranye indirimbo #Fire na SEE Muzik na Gaise Baba ukunzwe muri Nigeria. Ni indirimbo ivuga ku buryo Imana ihuza abantu batandukanye bafite intego imwe yo kwamamaza ubutumwa bwiza.
Umuhanzi Elysee Bigira yavuze ko yiteze igitaramo gikomeye cyane kizahuza we na Ben and Chance i Bruxelles mu Bubiligi, avuga ko aba bahanzi abaziho ubuhanga, guca bugufi ndetse n’umutima wo gukorera Imana.
MTN Rwanda, in partnership with Infinix, has officially launched the SMART 20 smartphone, bringing a new level of performance, durability, and accessibility to Rwandan consumers. @MTNRwanda@Inyarwandacom
Congratulations to #VisitRwanda partner @PSG_inside on reaching the UEFA Champions League Final after an impressive run. Wishing both finalist teams the very best in what promises to be a great final!
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Cubaka Justin, ukora injyana ya Jazz, akomeje gutera intambwe ikomeye mu muziki we aho yinjiye ku rwego rwo kuba Producer w’indirimbo ze bwite.
Siloam Choir #Kumukenke, imwe mu makorali amaze igihe kirekire mu ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo, iri gutegura igitaramo gikomeye yise “Ndi uwa Kristo”, gitegerejweho kuzaba umwanya ukomeye wo guhimbaza no kugaragaza ukwiyegurira Kristo mu buryo bwimbitse.
Itsinda ry’abaramyi Kingdom of God ryongeye kugaruka mu muziki rifite imishinga mishya ikomeye, irimo indirimbo nshya zigera kuri 15 zizashyirwa hanze mu bihe bitandukanye. Ni nyuma y'uko aba baririmbyi bari bamaze imyaka itatu batagaragara cyane mu muziki.