Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko naba Perezida azakemura ikibazo cy’umubano mubi kimaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
_____________
Dukurikire ku mbuga nkoranyambaga zacu zose @atv_rwanda.
Dukurikire kandi Kuri StarTimes Channel: 127 na Free to Air.
Mu kagari ka Rusha mu murenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu haravugwa urupfu rw'abantu 8 bikekwako bishwe n'inzoga inkorano zivanzemo Kanyanga mu gihe abandi 3 hakirimo gukurikiranwa n'abaganga.
Kuri ubu, Inzego z'Ubuyobozi ndetse na @RIB_Rw Bamaze kuhagera.
@RwandaWest@Rwandapolice@NyabihuDistrict
#ATVRwanda #ATVDigital #ATVNews
_____________
Dukurikire ku mbuga nkoranyambaga zacu zose @atv_rwanda.
Dukurikire kandi Kuri StarTimes Channel: 127 na Free to Air.
🇨🇩 DR Congo yageze muri USA 🇺🇲 aho yitabiriye irushanwa ry'igikombe cy'Isi cya 2026.
Ku wa 17 Kamena 2026, Leopards izakina umukino wa mbere w'iri rushanwa, icakirana na Portugal ya CR7.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye na Iran bashobora gusinya amasezerano y’amahoro mu mpera z’iki cyumweru.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
Shakira yabaye umuhanzi wa mbere uririmbye mu Gikombe cy’Isi inshuro enye, nyuma yo gutaramira mu Budage mu 2006, Afurika y’Epfo mu 2010, Brésil mu 2014 ndetse no muri Mexique, Amerika na Canada mu 2026.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, ari kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2026/26. Yavuze ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzazamuka ku kigero cya 6,8% mu 2026 mu gihe mu 2025 wari wazamutseho 9,4%.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
Kuri uyu wa kane, Inteko Ishinga Amategeko yatangaje ko Icyitegetse Venuste wari Umudepite yandikiye Perezida w’Umutwe w'Abadepite amumenyesha ubwegure bwe ku mpamvu ze bwite.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
Umunya-Brazil Neymar Jr. ashobora gusiba umukino wambere w’igikombe cy’isi bitewe n'imvune dore ko atarabasha kugaragara mu myitozo na bagenzi be kugeza ubu.
#ATVRwanda#ATVDigital#ATVNews
M. Iréné ari mu myiteguro n’ubukwe bwe na Nikuze Liliane, umukobwa utuye mu Bubiligi bamaze igihe bakundana ndetse mu minsi ishize yanambitse impeta bakiyemeza kurushinga.
Nk’uko bigaragara ku butumire bahaye inshuti n’abavandimwe, ubukwe bwa M. Iréné na Nikuze Liliane butegerejwe kuzabera mu nyubako ya Intare Arena ku Gisozi ku wa 15 Kanama 2026.
#ATVRwanda #ATVDigital #ATVNews
Sosiyete y’indege ya Uganda, Uganda Airlines, yasinyanye amasezerano na Boeing yo kugura indege 10 nshya zirimo umunani zitwara abagenzi n’ebyiri zitwara imizigo.
Aya masezerano afite agaciro ka tiriyari 3.7 z’amashilingi ya Uganda yasinyiwe imbere ya Perezida Yoweri Museveni ku wa 11 Kamena 2026.
#ATVRwanda #ATVDigital #ATVNews