Ariko ubundi ni gute police yifata ikagurisha ikintu cy’umuntu bidaciye mu urukiko? Ese mu Rwanda nta service ziha abantu cash bafite ibibazo nk’ibi ariko atari aba comisiyoneri ndavuga ikigo kizwi? Aya ni makeya ukurikije n’umutungo wa moto afite akabura 100K! Birababaje. Bayimusubize yirerere umwana.
@Mutoni_Bestie @Rwandapolice Uyu mu motard nawe afite amakosa,baramwandikira ntiyishyure kugera Aho bigera ku bihumbi ijana,yakahombye kuba yarubahirije iminsi yo kwishyura,niwe wishyize mu ngorane kwishyura biramugora
@Mutoni_Bestie @Rwandapolice Uyu mu motard nawe afite amakosa,baramwandikira ntiyishyure kugera Aho bigera ku bihumbi ijana,yakahombye kuba yarubahirije iminsi yo kwishyura,niwe wishyize mu ngorane kwishyura biramugora