Ibi bigaragaza itandukaniro rikomeye hagati y’ibice bigenzurwa na Leta ya RDC n’ibigenzurwa na AFC/M23 mu burasirazuba bw’igihugu, mu bijyanye n’ubushobozi bw’imiyoborere no kugira gahunda ihamye.
Mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) bukomeje kugorwa no guhangana n’icyorezo cya Ebola, ihuriro rya AFC/M23 rigaragaza ko ryashoboye kugihashya mu bice rigenzura.
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abo bafatanyije zikomeje kugaba ibitero ku duce dutuwe n’abaturage benshi muri Teritwari ya Masisi, rinavuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa buri gutegura ibitero bikomeye mu @SamKabera
Ba rwiyemezamirimo batandatu batangiye gukorera mu Cyanya cyahariwe ubuhinzi cya Gabiro (Gabiro Agribusiness Hub) giherereye mu Murenge wa Rwimiyaga n’uwa karangazi mu Karere ka Nyagatare,@SamKabera
Muri aya masaha, Minisitiri w'intebe Dr. Nsengiyumva Justin, ari gusura imishinga y'iterambere mu Karere ka Nyagatare aho yahereye ahubakwa urugomero rwa Muvumbaruzatwara ingengo y'imari ya Miliyari 102,rukazagira impinduka ku iterambere n'imibereho myiza y'abaturage.
bushingiye ku Kubungabunga Ibidukikije (RICA), riherereye mu Karere ka Bugesera. Iki kiganiro cyatanzwe ku wa Gatanu, cyagarutse ku rugamba rwo kubohora u Rwanda, uruhare rw’Ingabo za RPA Inkotanyi ndetse n’inshingano z’urubyiruko rw’iki gihe mu kurinda no
yasuye Ikigo cya gishinzwe uburezi n’Ubushakashatsi mu bya mu Ngabo zirwanira mu kirere kizwi nka Gagarin Air Force Academy giherereye i Voronezh mu Burusiya.