I don’t sell Authenticity for Approval ||Young African Leader||Am a lion in the jungle ||Telecommunications engineer|| A Full-stack developer || a Father||
Oya nta by’inzika, gusa Meddy ubundi nta n’umuntu ukwiye kuvuga izina meddy, yicaye no ku ntebe😄 bisaba guhaguruka, ubundi niwe muhanzi ufite ubushobozi bwo guhindura king James umuatar n’ubundi yari asanzwe azwi.
Indirimbo imwe ya meddy (slowly) ifata carrier yose ya king James (catalog ye y’ubuzima ugateranyaho n’izina rya king James) we ubwe , hanyuma king James akomgera agakora neza neza nk’uko yakoze byibura indi myaka icumi, kugira ngo byibura Abe ku rwego rw’iyo ndirimbo ya meddy.
Christopher Muneza ati:
“Nta Muhanzi mu Rwanda urusha Hits King James”🔥
Uremeranya nawe?
Dore uko abakurikiranya:
1. King James
2. Meddy
3. The Ben
4. Bruce Melody
Kuri We King 👑 ni King James
None aduhaye Show 2 days Yuzuza BK Arena 👏🏽👏🏽👏🏽
Kugera kuri iPhone 17 pro max Phone zose nziza ku giciro cyiza utasanga ahandi zirahari, Samsung, iPhone , google pixel ni izindi.
Tel:0789830448 call or WhatsApp
Dukorera mu mujyi imbere yo Kwa Makuza.
They called him a “Rwandan.” They called him a “low-quality Congolese.” They questioned his identity because of his physique.
Today, Yoane Wissa has given the perfect response on the pitch, becoming the first Congolese player to score for DR Congo at a FIFA World Cup, 52 years after the nation’s last appearance on football’s biggest stage.
His story is a lesson for those who judge people based on stereotypes rather than their talent, commitment, and love for their country. Diversity has always been a strength, and Wissa’s achievement is proof of that.
Holding both French and Congolese nationality, Wissa also demonstrates why dual citizenship matters. A nation’s progress is built by embracing all its talents, wherever they may come from, and giving them the opportunity to contribute to the country they proudly call home. #WorldCup
Yahowe ko ari Umunyarwanda! Ni nde wigiza nkana hagati ya Dr. Muganga n’Inteko ya Uganda?
Ikibazo cya Dr. Muganga Lawrence uherutse kwangirwa n’Inteko Ishinga Amategeko kwinjira muri Guverinoma nshya ya Uganda kubera ubwenegihugu bwe bushidikanywaho, ni kimwe mu bikomeje kurikoroza mu karere.
Uyu mugabo usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Victoria University Kampala, yanzwe kuko ubwenegihugu bwe bushidikanywaho. Bamwe bavuga ko ari Umunyarwanda wo mu Rwanda, mu gihe we avuga ko ari Umunyarwanda nk’ubwoko bwo muri Uganda.
Tariki ya 1-2 Kamena 2026 ni bwo Komisiyo ibishinzwe mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda yakoze ibikorwa byo kwemeza abagize abantu 83 bagize Guverinoma nshya izafatanya na Museveni muri manda y’imwaka itanu.
Byagaragaye ko Adonia Ayebare wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Calvin Edochu wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri, ndetse Shartsi Musherure wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibigo bito n’ibiciriritse muri Minisiteri y’Imari, bafite ubwenegihugu bubiri. Muri Uganda ntibyemewe ko uba umuyobozi wo kuri uru rwego hari ubundi bwenegihugu ufite.
Uko ari batatu, bagaragarije abagize Inteko Ishinga Amategeko ko batangiye urugendo rwo kwikuzaho ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bose bafite. Inteko yarabemereye ibashyira ku rutonde rw’abashobora kurahira, mu gihe bakiri mu nzira yo gukemura iki kibazo.
Ikibazo cya Dr. Muganga Lawrence cyo cyaje gisa n’icyihariye. Uyu mugabo afite ubwenegihugu bwa Uganda ndetse n’ubwa Canada, yemeza ko yatangiye gushaka uko yikuzaho.
Ubwo yari ahingutse imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, ikibazo nticyabaye kwikuzaho ubu bwenegihugu, ahubwo byarahindutse bamwe bavuga ko atari umuturage wa Uganda, ahubwo ari Umunyarwanda, kandi ko nta munyamahanga wemerewe kuyobora Uganda.
Dr. Muganga avuga ko akomoka mu bwoko bw’Abanyarwanda ba Uganda, kandi ko bwemewe nk’andi moko yose atuye iki gihugu.
Uku kutumvikana kwatumye Inteko itemeza Dr. Muganga ku mwanya yari yahawe, ahubwo dosiye ye isubizwa ibiro bya Perezida Yoweri Kaguta Museveni nk’urwego rwagize uruhare rukomeye mu kumuha inshingano, ariko intambara ntiyarangirira aho.
Dr. Muganga ashyigikiwe na bamwe mu bantu bazwi mu bwoko bw’Abanyarwanda barimo Frank Gashumba batangiye kugaragaza ko ibyo uyu mugabo yahuye na byo ari ikimenyetso cy’akarengane abo muri ubu bwoko bamaze igihe bahura na ko.
Frank Gashumba yavuze ko Dr. Muganga yagambaniwe na bamwe mu bantu bo muri Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu gihugu muri Uganda bafatanyije n’abo mu Nteko Ishinga Amategeko cyane cyane Visi Perezida wayo, Thomas Tayebwa. Ibi ngo babikoze kuko basanzwe batiyumvamo abo mu bwoko bw’Abanyarwanda.
Gashumba ati “Thomas Tayebwa yari asanzwe ari inshuti yanjye, ariko reka ndahire nimusanga no mu ijuru njye nzarivamo. Mukunde ababakunda, mwifurize ibyiza ababibifuriza […] kubera iki nakunda umuntu utankunda?”
Mu kugaragaza ko afite ukuri, ku wa 5 Kamena 2026, Dr. Muganga yajyanye abanyamakuru mu Karere ka Mukono mu gace ka Seeta, aho avuga ko hashyinguye ababyeyi be.
Yaberetse imva eshatu: imwe avuga ko ari iya se, indi ikaba iya nyina, iya gatatu ikaba iya mushiki we. Aba bose avuga ko bavukiye muri Uganda, barahakorera ndetse aba ari ho bashyingurwa.
Amakuru yizewe avuga ko nyuma yo kubona ibi byose, Perezida Museveni yahise afata icyemezo cyo kutarahiza abantu bafite ibibazo bijyanye n’ubwenegihugu bwabo. Iyi ni yo mpamvu Ayebare, Musherure na Edochu, batigeze barahira nubwo bari babiherewe uburenganzira n’Inteko Ishinga Amategeko.
Komereza Aha: https://t.co/4H4cRq75BW