@Kanonipablo007@Nkunda_Cash Oya, erega hari ibintu umuntu avuga, ukumva ntaho ataniye nabo bandi urondoye, ubundi se bo nigiki wumva baba bavuga? Donc they have no contents! Nibintu biba biraho Nyine byamanjwe gusa. So ntabwo nabivamo byose! Ariko kubahana ntakintu biba bitwaye!
@Eartnature@IshemaAline Ariko se ko yababajije ibitagenda, ko mutabisobanuye? Ko yababajije uwo mwabigejejeho ko mutamu mubwiye! Ikigaragara muri mu kigare namwe! Sibyo? Aho muri se mwe, biragenda kbsa kbsa? Muraryohewe? If it’s like that, well and Good! Mureke natwe tugerageze bizaza! Murakoze.
@oswaki Intumwa y’Imana @yagoforeal yarabasabye arabinginga ngo mu mutabarize, mu muhindura, nayubu Kandi abo yavugaga ni same person bari kubikorera @dj__sonia