Umutoza wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje bike ku bijyanye n'amasezerano ya Mohamed Salah muri Anfield, ashimangira ko rutahizamu we ntakibazo nakimwe afite, n'ubwo uyu Mutoza wo mu Buholandi yanze gutanga amakuru menshi ku hazaza h'uwo mukinnyi muri @liverpoolfc "
Umutoza w'ikipe ya Manchester City, Pep Guardiola yikomerekeje agamije kwibabaza nyuma yo kunganya n'ikipe ya Feyenoord yo mu Buholandi ibitego 3-3 mu mikino ya UEFA Champions League.
Urukiko rwa Moscow mu Burusiya kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2024 rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umucamanza w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), Haykel Ben Mahfoudh.
Mbere y’uko abakinnyi batangira kwitegura imikino u Bwongereza buzakina mu irushanwa rya UEFA Nations League, abakinnyi umunani mu bo bwari bwaratoranyije bavuyemo kubera ibibazo by’imvune. https://t.co/GD6rwo4vWS
Menya byinshi kuri Kavita wahamagawe bwa mbere mu Amavubi
Phanuel Kavita Mabaya ni umugabo w’imyaka 31 wavukiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuka kuri se ukomoka muri icyo gihugu ndetse na nyina ukomoka mu Rwanda. sura https://t.co/GD6rwo4vWS umenye byinshi..