Uyu munsi mu kiganiro KT PARADE, twakiriye Mugabo Gilbert, Umuyobozi Wungirije w’Akarere ka Muhanga ushinzwe imibereho myiza y’abaturage.
Visi Meya yatuganirije byinshi ku bikorwa biteganyijwe ku munsi wo #Kwibohora32 mu Karere ka Muhanga
🎙️ Ntucikwe na KT PARADE kuri uyu wa Gatatu kuri KT Radio!
Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2026, guhera saa 10:00 – 11:00, tuzaba turi kumwe na Mugabo Gilbert, Umuyobozi Wungirije w’Akarere ka Muhanga ushinzwe imibereho myiza y’abaturage.
💬 Insanganyamatsiko:
Ibikorwa biteganyijwe ku munsi wo #Kwibohora32 mu Karere ka Muhanga
Visi Meya, Gilbert azasobanura byinshi ku myiteguro, ibikorwa byateguwe, n’uruhare rw’abaturage kuri uyu munsi w’amateka ku Banyarwanda.
#KTParade #Kwibohora32 #MuhangaDistrict
@kalima_na@gatetedemanager Ntategeko rikurengera mu ruhame ribaho iyo wahafotorewe, kereka ari ifoto ifite impact ku mudendezo wa rubanda n'uw'igihugugu. Ikindi such a picture isobanurwa na caption abari kuyibona nk'iteje ikibazo ntabwo ariko bifatwa ku bandi
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buratangaza ko ibikorwa by’Ingenzi byakozwe mu mwaka wa 2025, bishingiye ku nkingi eshatu za Guverinoma, bizatuma ibiteganyijwe mu mwaka wa 2026 bigerwaho ku gipimo gishimishije. https://t.co/Wbpy72JClz
Ubukangurambaga ku kunoza isuku n'isukura mu Karere ka Ruhango buribanda ku nkingi enye ari zo:
➡️Isuku ku mubiri
➡️Isuku mu ngo
➡️Isuku aho abantu bakorera
➡️Isuku ahahurira abantu benshi mu nsengero, muri Gare, mu masoko,…
Ubukangurambaga ku kunoza isuku n'isukura mu Karere ka Ruhango buribanda ku nkingi enye ari zo:
➡️Isuku ku mubiri
➡️Isuku mu ngo
➡️Isuku aho abantu bakorera
➡️Isuku ahahurira abantu benshi mu nsengero, muri Gare, mu masoko,…