Nonese @reg_rwanda ubwo umuriro wo mu Gitega murimo kuwutwara burikanya muwugarura, tutitaye kubiribwangirike twizere ko ninjoro basi mutaza kuwujyana?
Ubu se si itiyo 2 zangiritse ra? @wasac_rwanda nari nibagiwe ariko hashize nka 3 jours ubwo mwareba icyo gufasha.! Ni I Nyarugenge munsi y’ umurenge wa #Gitega mu gahanda k’ amapave gahari.
Thx