Welcome to the official twitter account of the Ndera Sector. Ndera Sector is the one of 15 Sectors of Gasabo District. Contact E-mail:[email protected]
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka @Gasabo_District arikumwe na Visi Perezida w'Umutwe w'Abadepite depite Uwineza Beline na depite Bakundufite Christine baganiriye n'abaturage bo mu Murenge wa @ndera_sector
Ibikorwa byo #Kwibuka32 ku rwego rw'Umurenge wa Ndera byabanjirijwe no gushyira indabo kumva no kunamira abashyinguye mu Rwibitso rwa #Petit_Seminaire n' abashyinguye mu Rwibitso rwa #Caraes_Ndera
Today we commemorate the 32nd anniversary of the 1994 Genocide against the Tutsi and begin the official commemoration week.
Remember - Unite - Renew
#Kwibuka32
Kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w'Umujyi Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage, Madamu Urujeni Martine, yakanguriye abaturage gukomeza gukorana umwete bakiteza imbere.
Yabibukije kandi akamaro ko kugira isuku no kwirinda ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, kuko bigira ingaruka mbi ku buzima.
Ibi yabigarutseho mu nteko y’abaturage yabereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagari ka Bwiza.
#KigaliYacu
Ku gica munsi cya none, Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ari kumwe n'Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n'Imibereho y'abaturage bitabiriye Inteko y'abaturage mu Murenge wa Ndera mu Kagari ka Bwiza
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, mu Karere ka Gasabo, Minisitiri w'Uburezi, Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali hamwe n'Umuyobozi w'Ingabo mu Mujyi wa Kigali n'Umuyobozi Wungirije wa Polisi bashyize ibuye ry'ifatizo ahazubakwa ibyumba by'ishuri 15 kuri GS Rwankuba.(1)
Umunsi Mpuzamahanga w'Umugore mu Murenge wa @nderasector wizihirijwe mu kagali ka #Rudashya ahahuriye abagore n'abagabo bo mu tugali twose tugize Umurenge.
Insanganyamatsiko y'uyu mwaka: Umugore ni uw'agaciro none n'ejo.
Umunsi wa kabiri w'Ibikorwa by'Ihuriro ry'abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko (FFRP) mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w''Umugore, byakomereje mu Murenge wa Jabana basura Imihigo ya mutimawurugo mu Mudugudu w'Agasekabuye mu Kagari ka Kidashya.(1)