Kuri ubu mu rwego rwo gukomeza kubahiriza ingamba za leta zo k’ukurwanya no kwirinda COVID -19, iki gikorwa cyiri kuba hifashishijwe imbuga nkoranyambaga za NFF Rwanda.
Uyu muryango wa Isaac Niyonsa Perezida wa Njyanama ya Foundation Ndayisaba Fabrice nawe turamushimira cyane uruhare rwe mu gukorera no kwitangira igihugu abinyujije muri Foundation. Ubu ni ubutumwa bwe kuri uyu munsi. #Kwibuka26 @YouthCultureRW @KicukiroDistr@Rwanda_Sports#RwOT