🚨HEADS-UP🚨
Don't miss the 17th edition of #TdRwanda2025, starting today at 11:30 AM Kigali Time.
Watch the first stage (prologue) LIVE on RBA platforms.
#RBAHafiYawe
WATCH
@johnlegend performs 'All of Me' at BK Arena, captivating the audience with his emotive vocals and unforgettable stage presence.
#MoveAfrika#RBAShowbiz
🚨 Niba waracikanwe n'ikiganiro #EdTechMonday cyatambutse kuri @ktradiorw tariki 29 Mata 2024, wagisanga kuri YouTube yacu👉https://t.co/IzQPkJDgIu. Ni ikiganiro cyagarutse ku bufatanye bwa leta n’abikorera mu bikorwa birambye by’ikoranabuhanga mu burezi. Ed-Tech Monday muyigezwaho buri wa mbere wa nyuma w'ukwezi, ku bufatanye na @MastercardFdn hamwe na @rwictchamber
While #Rwanda has emerged as a regional leader in leveraging technology to enhance education through innovative EdTech initiatives, some gaps remain. More work is needed for #EdTech to reach students in all corners of the country. What collaborative efforts are there between @RwandaGov & private players to scale access to #EdTech? Follow the conversation: https://t.co/Iem9ruSfM0 #EdTechMonday.
🚨WE ARE LIVE🚨
Ikiganiro #EdTechMonday cyatangiye kuri @ktradiorw 96.7FM ndetse no kuri YouTube yacu👉 https://t.co/wz0ShvjjVg
Abatumirwa ni;
• Cyprien Bunani, Umuyobozi mukuru wa Education Development Consult
• Yves Himbaza, Umuyobozi w'ibikorwa n'ikoranabuhanga mu kigo TWIS @twisomere
Insanganyamatsiko y’ikiganiro ni; “Guteza imbere ubufatanye bwa leta n’abikorera ku bikorwa birambye by’ikoranabuhanga mu burezi”. Ikiganiro kiyobowe na @Inesghislaine
🚨ED-TECH MONDAY ON YOUTUBE🚨
Ikiganiro #EdTechMonday cyo kuri uyu wa mbere, uragikurikira LIVE🔴 unyuze kuri YouTube yacu👉https://t.co/IzQPkJDgIu guhera saa 18H00 z'umugoroba. Ni ikiganiro mugezwaho na @ktradiorw 96.7FM ku bufatanye na @MastercardFdn hamwe na @rwictchamber
Ni izihe mbogamizi mubona zikigaragara mu ishoramari ry'ikoranabuhanga mu burezi? Ubona uruhare rw’abikorera mu gushora imari mu ikoranabuhanga mu burezi ruhagaze gute? Ibitekerezo byanyu biraza gusomwa LIVE🔴mu kiganiro #EdTechMonday, kuri @ktradiorw 96.7FM no kuri YouTube yacu. Ni uyu munsi guhera saa 18H00 z'umugoroba
#EdTechMonday April episode is here!📢
Today's show on @ktradiorw will focus “Enhancing public-private partnerships for sustainable EdTech initiatives”. In recent years, #Rwanda has emerged as a regional leader in leveraging technology to enhance education through innovative EdTech initiatives. Join the panelists to discuss how collaborative efforts between @RwandaGov & partners are paying off.
Abatumirwa mu kiganiro #EdTechMonday cyo kuri uyu wa Mbere ni;
• Cyprien Bunani, Umuyobozi mukuru wa Education Development Consult
• Yves Himbaza, Umuyobozi w'ibikorwa n'ikoranabuhanga mu kigo TWIS @twisomere
Insanganyamatsiko y’ikiganiro ni; “Guteza imbere ubufatanye bwa leta n’abikorera ku bikorwa birambye by’ikoranabuhanga mu burezi”. Ni uguhera saa 18h00 z’umugoroba LIVE🔴 kuri @ktradiorw na YouTube yacu.
The day we have been waiting for is here📢!
#EdTechMonday March edition will be live on @ktradiorw this evening, from 6pm🕕 with discussions focused on how to invest in the development and assessment of digital tools at all levels in the education sector for better results. The theme is “Investing in the development and assessment of digital evaluation tools at all education levels”. Be sure to tune in & be part of the conversation on how Rwanda can use technology to advance the quality of Education. Powered by @MastercardFdn in collaboration with @rwictchamber.
Ese ikoranabuhanga ryaje gusimbura mwarimu mu ishuri? OYA! Ikoranabuhanga ryaje kunganira mwarimu ndetse no koroshya uburyo bw’imyigire n’imyigishirize. Ntucikwe n’ikiganiro #EdTechMonday cyo kuri uyu wa Mbere kuri @ktradiorw 96.7FM na YouTube yacu, guhera saa 18H00 z’umugoroba.
🚨MURARARITSWE🚨
Buri wa mbere wa nyuma w’ukwezi, @ktradiorw ku bufatanye na @MastercardFdn hamwe na @rwictchamber, ibagezaho ikiganiro kibanda ku burezi bwifashisha ikoranabuhanga haba mu myigire no mu myigishirize. #EdTechMonday yo kuri uyu wa Mbere izagaruka ku “Gushora imari mu guteza imbere ibikoresho by'isuzuma mu ikoranabuhanga mu nzego zose z'uburezi.”