Itariki yo gutanga isomo rya ruhago kuri GICUMBI FC iregereje, muzaze mwirebere uko abasore ba Tsinda batsinde football academy batanga isomo rya ruhago.
Imyitozo mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibyo abasore ba Tsinda batsinde football academy bigishwa ndetse no kwitegura imikino ya shampiyona y'icyiciro cya kabiri cy'umupira w'amaguru mu Rwanda irakomeje ubudahagarara
Bakunzi ba Tsinda Batsinde Football Academy ikina yitwa Esperance fc, turabamenyeshako kuri uyu wa gatandatu tariki 24.12.2022, hari umukino wa Shampiyona uzayihuza na Heroes fc, kuri stade ya Gasiza saa 15:00.
Muzaze muri benshi