Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice yahishuye ko hari bamwe mu basifuzi bo mu Cyiciro cya mbere basigaye banga gusifura imikino imwe n’imwe.
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA), ryakuyeho ibihano ryari ryafatiye Ntore Habimana na Axel Mpoyo bakinira APR BBC, bari bahagaritswe umwaka wose mu bikorwa byose by’uyu mukino.
Ni nyuma y’inama yahuje abo bireba bose ku wa 8 Nyakanga 2026.
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Hon. Dr. François-Xavier Kalinda, ari i Yaoundé muri Cameroun aho yitabiriye Inama ya 51 y’Inteko Ishinga Amategeko ihuza ibihugu bikoresha Igifaransa (APF), iri kuba kuva ku wa 10 - 11 Nyakanga 2026.
Umunyabigwi w’u Rwanda, Haruna Niyonzima na Andrew Jackson Ushinzwe Itangazamakuru n’Itumanaho muri CECAFA, ni bo bayoboye umuhango wa tombola y’uko amakipe azakina muri iri rushanwa rizabera i Kigali kuwa 24/7/2026 kugeza kuwa 07/08/2026.
Uko tombola ya CECEFA Kagame Cup yagenze.
Group A:
APR FC, Vipers SC, Gor Mahia, Garde Republicaine (Djibouti)
Group B:
Singida SC, Simba SC, Jamus SC, Mogadishu C.C (Somalia)
Group C:
Al-Hilal SC, Rayon Sports, Tusker FC, KVZ FC (Zanzibar).