kuwa 20/2/2026 Habaye umukino(UMURENGE KAGAME CUP) w'umupira w'amaguru wahuzaga abagore bagize Inama y'Igihugu y'Abagore mu karere ka Kicukiro mu mirenge itandukanye uko ari 10 aho byumwihariko, ikipe y'Abagore bo mu murenge wa Gahanga yakinnye n'ikipe y'Abagore bo mu murenge
Twari kumwe kandi n' Abayobozi ku karere, Murangira Fazil, AG. ES wa Gahanga Mapambano Festo, Abayobozi ba CNF, CNJ N'Ingaga zombi mu karere n'abandi. Twibuke twiyubaka. @CityofKigali@RwandaGender@KicukiroDistr@CnfCok @immaculeeumuhoza
Mu rwego rwo kwitegura ibihe tugiye kwinjiramo byo kwibuka ku nshuro ya 31, inzira karengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi; kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5/4/2025, Mutimawurugo mu karere ka Kicukiro dufatanije n'Urubyiruko, twakoze umuganda w'isuku ku Rwibutso,
"Umugore n'uwagaciro" kuri uyu wa gatandatu Mutimawurugo mu karere ka Kicukiro bifatanije n'abaturage bo mu Murenge wa Masaka, umudugudu wa Murambi akagari ka Cyimo, mu muganda w'isuku. Bubakiye ubwiherero umukecuru Alivera Mukakalisa w'imyaka 79 Ibikoresho birimo Ciment umucanga
Kuri uyu wa gatandatu Inama y'Igihugu y'Abagore mu karere ka Kicukiro ifatanyije n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Kicukiro hakozwe umuganda wibanda kugutegura imirima yo guteramo imboga uzifashishwa na ECD ndetse n'abahaturiye, hakozwe kandi isuku nk'isoko y'Ubuzima m'Umuryango...
Kuri uyu munsi Abagore baturutse mu mirenge icumi ya karere ka Kicukiro ndetse nabo k'urwego rwa Karere bibutse abazize Jenocide yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30 by'umwihariko Abagore n'Abana, iki gikorwa cyo Kwibuka cyabereye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro. @KicukiroDistr
Muri aka kanya mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Kicukiro harimo kubera Inama Rusange y’Igihugu y’Abagore mu Karere ka Kicukiro. Inama yitabiriwe n’Abayobozi barimo Abadepite, abagore batowe mu Nzego za CNF ku Karere mu nzego za CNF ku Karere no mu Mirenge,