MINALOC ikomeje kwihanganisha no gufata mu mugongo inshuti n’umuryango wa nyakwigendera Byukusenge Emmanuel, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu.
Aruhukire mu mahoro!
Nyuma yo kugaragarizwa uko serivisi z’irangamimerere zitangwa ku Karere, ku Mirenge,ku bigo nderabuzima no kungurana ibitekerezo; Abadepite bari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere n'abakozi ku Karere basuye ibigo nderabuzima bya Kabatwa na Kareba hagamijwe kureba imitangire ya serivisi
Kuri uyu wa gatanu twasuwe n'itsinda ry'abadepite riyobowe na Hon. Manirarora Annoncee riherekejwe na Mayor wa @NyabihuDistrict Madam @muanto22 bakaba bakiriwe na ES @Georget1Kampire
Barebye uko serivise y'irangamimerere hifashishijwe ikoranabuhanga
@NyabihuDistrict Nyabihu mu Murenge wa Kabatwa, Abahinzi bafite icyizere cy'umusaruro w'ibirayi muri Gahunda ya U Rwanda rugire ibiryo. Kandi turakataje no mu guteza imbere igihingwa cy'ibireti mu kongera ibyoherezwa mu mahanga kugira ngo byinjize anadevize.
Ubushakashatsi buherutse gushyirwa hanze na Kaminuza ya Genève mu Busuwisi, bwagaragaje ko intangangabo zikomeje kugabanyuka cyane mu bagabo bakoresha telefone kenshi ugereranyije n’abazikoresha gake.
https://t.co/mXu6TuIRyt