This afternoon at the Gabiro Combat Training Center, President Kagame is meeting with the 16th cohort of Itorero Indangamirwa, the civic and national values training program for Rwandan youth, organized by the Ministry of National Unity and Civic Engagement. This year’s program has close to 800 participating youth between the ages of 18-23 including Rwandans living abroad, and students from across high schools and higher learning institutions in Rwanda. Watch live: https://t.co/3zjquqUTiE
Ambasaderi w'u Rwanda muri Suède, Dr. Diane Gashumba usanzwe ari umukunzi ukomeye wa Rayon Sports, yagaragaje ko yishimiye intsinzi yayo y'ibitego 2-0 mu mukino wa mbere wa CECAFA Kagame Cup aho yakinnyemo KVZ yo muri Zanzibar.
Mu butumwa yanditse kuri konti ye ya X nyuma y'uyu mukino, Dr. Gashumba yagize ati " Si abafana bari mu rugo gusa! Natwe AbaRayoooo! bo mu bice by'Amajyaruguru y'Uburayi ndetse n'Isi yose muri rusange turi kwizihiza iyi ntsinzi. Ni intsinzi ikomeye! Twishimiye Gikundiro yacu". #IGIHESports
For 25 years, @Imbuto has believed that transforming a nation begins by investing in its people.
From helping ensure babies could be born free from HIV — giving them the strongest possible start in life — to inaugurating today the first of 30 Imbuto Hubs envisioned across Rwanda, the Foundation has remained guided by one conviction: every person deserves the opportunity to grow, contribute, and age with dignity.
Thank you Madame @FirstLadyRwanda for your enduring commitment.
#ImbutoHubs
Thank you @Imbuto , for this life changing platform for the youth. Imbuto Hubs will play an important role in promoting sports, innovation, creativity and entrepreneurship creating opportunities for young people across the country that will transform their lives and contribute to the development of our country. 🇷🇼
#ImbutoHubs
#RootedInCommunity
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari inkuru yacuzwe mu buryo bwitondewe igamije kugonganisha ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump n’u Rwanda, ishingiye ku birego by’uko rwarenze ku byo rwiyemeje mu Masezerano ya Washington nyuma y’ifatwa rya Uvira na AFC/M23. Yavuze ko u Rwanda rwari rwaramenyesheje Amerika amakuru y’ubutasi mbere y’isinywa ry’ayo masezerano, kandi ko ibyabaye bitatunguranye.
Iyi nkuru igaragaza ko Guverinoma ya RDC, bimwe mu bitangazamakuru mpuzamahanga, imiryango mpuzamahanga n’abasesenguzi bamwe bagize uruhare mu gukwirakwiza iyo nkuru, mu gihe Perezida Kagame ashimangira ko hari abafite inyungu zo gutuma ubutegetsi bwa Trump bufatira u Rwanda ibihano, ibintu bishobora kubangamira ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Washington n’umugambi wo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa RDC.
SRC: https://t.co/pdDLdAMKUX
"Nabonye indege ngiye kuyijyamo. Nibwo bwa mbere nari ngeze kuri 'Airport.' No kubona indege nayibonaga itambuka gutya hejuru. Nari ndi kumva se ndiho? Nari ntarumva ko ari njyewe. Nari ndi kwikoraho nkajya nibaza, ntabwo naba ndi kurota se?" - Kagarara (Ashton Small) agaruka ku byiyumviro yagize ubwo yagendaga mu ndege yihariye 'Private Jet.'
🗣 " I decided to withdraw from the agreement with Mukura VS&L, not an easy decision, it was very tough. I got an offer that I could not reject." There are offers that are difficult to refuse.
Tomáš Trucha 🇨🇿 explains his withdrawal from Mukura's contractual agreement.
🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨
Umuherwe w’Umunyamerika
Bill Gates ari mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kumufasha kurushaho kumenya intambwe Igihugu kimaze gutera mu rwego rw'ubuzima, ubuhinzi, ndetse n'ibikorwaremezo bya serivisi za Leta zikoresha ikoranabuhanga.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere asura uruganda rukora inshinge ruherereye i Rwamagana, Ikigo Nderabuzima cya Mwulire ndetse n'Umujyanama w'Ubuzima.
Umuherwe Bill Gates ari mu Rwanda, yasuye ibikorwa by’ubuzima i Rwamagana (IGIHE)
Umuherwe Bill Gates ari mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kureba intambwe rwateye mu bikorwa byo guteza imbere ubuzima, aho ku ikubitiro yasuye uruganda rukora inshinge ruherereye mu Karere ka Rwamagana.
Amakuru yizewe agera kuri IGIHE ni uko Bill Gates, usibye gusura urwo ruganda rwatashywe mu 2025 rukora inshinge zoherezwa mu bihugu bitandukanye bya Afurika, agomba no gusura Ikigo Nderabuzima cya Mwulire ndetse n’umwe mu bajyanama b’ubuzima, kugira ngo asobanukirwe n’imikorere y’urwego rw’ubuzima kuva ku rwego rw’umudugudu.
Ni urugendo bwite rwa Bill Gates, abamubonye bavuze ko nubwo ari umuntu ukomeye ku Isi, yarworoheje cyane. Muri gahunda ze harimo gusangira n’abantu batandukanye, bagahurira muri hoteli imwe y’i Rwamagana.
KOMEZA 👇
https://t.co/sVF8VNqAZZ
Lamine Yamal on Lionel Messi after Spain’s FIFA World Cup triumph over Argentina.
🗣️ Lamine Yamal: “Tonight I lifted the World Cup for Spain, but I also experienced something I’ll tell my children one day. The man who once held me as a baby was standing on the other side of the pitch, fighting for the same dream. Football has a beautiful way of bringing stories full circle.”
“When I looked at Messi after the final whistle, I didn’t just see an opponent. I saw the player who made millions of kids, including me, believe football could be art. I saw the man whose videos I watched over and over, trying to copy things that nobody else could do.”
“I know this defeat will hurt him. You don’t play with that much passion, carry your country again and again, and lose a World Cup final without feeling pain. Even in defeat, he kept demanding the ball, creating chances and refusing to stop believing. That’s what champions do.”
“People will talk about Spain winning this World Cup, and they should. But they’ll also remember that, at an age when most legends have already retired, Messi was still making the world’s best defenders panic every time he touched the ball. That’s extraordinary.”
“The photo of Messi bathing me became one of football’s most iconic images. Today we took another picture together, but this time I could thank him face to face. Without players like him, kids like me wouldn’t dare dream this big.”
“One day another generation will replace mine too. That’s football. But there will never be another Lionel Messi. Records can be broken and trophies can be won, but inspiring an entire generation to fall in love with the game is something only a few people in history will ever achieve.”
“Tonight belongs to Spain. Tomorrow, the debates will continue. But my respect for Lionel Messi will never change. He didn’t need to win this final to prove who he is. For me, he’ll always be one of the greatest players football has ever seen, and sharing the pitch with him was a privilege I’ll carry for the rest of my life.”
Nyiricyubahiro Musenyeri Smargde Mbonyintege umushumba wa @KabgayiOf uri mu kiruhuko cy’izabukuru na Musenyeri Thaddèe Ntihinyurwa arikiyepiskopi wa Kigali uri mu kiruhuko, bamaze kugera kuri St Famille ahagiye kubera ibirori byo guhimbaza Yubile y’imyaka 50 y’ubusaseridoti muri @ArchKigali
Ikipe ni imwe, Banki ni imwe!
Uyu munsi wabaye intangiriro y’ikintu gikomeye.
Ubu bufatanye burenze ikirango kiri ku mwambaro w’ikipe. Ni ugushora imari mu hazaza h’umupira w’amaguru mu Rwanda, kongerera imbaraga umwe mu miryango y’abafana bafite ishyaka rikomeye mu gihugu n’umurage ukomeye ku bazabakomokaho.
Muri Banki ya Kigali no muri @rayon_sports duhanze amaso imbere dufite intego, icyerekezo n’ubushake bwo kugera ku iterambere rirambye, haba ku kibuga, mu bafana ndetse no hanze yaho.
Urugendo ruratangiye.
#BK60 #BankiYaRuhago #RayonSports #Gikundiro
Inyuma haranditse ngo "Ikipe ni imwe; Banki ni umwe [Itunganye]"
______________
Kuri uyu wa gatanu, Rayon Sports yasinyanye amasezerano na Banki ya Kigali nk’umuterankunga wayo mukuru mu myaka itanu n’igice.
Binyuze muri aya masezerano, BK izajya igaragara imbere ku myambaro ya Rayon Sports ku makipe y’abagabo n’abagore.
(@rbarwanda)
"Don't invest in vibes, invest in the foundation where you can now vibe." - President Kagame
==============
"Erega nta muntu wanga "vibes", ariko uhagaze he? Kugira ngo tujye muri vibes, tugomba kuba duhagaze neza...
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda kuzicuza ibyo rutakoze uko bikwiriye, abasaba gutangira gukora uyu munsi ibintu bizaramba aho kwibanda ku bibanezeza by'igihe gito.