@RobCyubahiro apr fc igomba kugendera Ku mategeko ya ferwafa nk'abandi bose si non ikabihanirwa, kwitwaza ngo ntibyavuzwe mbere ibyo sibo bakabaye babitaka, iyo baba aribo batwaye cecafa ibi bibazo ntibari kubivuga ariko ntacyo ni hahandi championnat ni ndende bazatwiyereka