"Rwanda has lessons to teach the world."
H.E. Einat Weiss Reflects on Women in Diplomacy, Leadership, and Israel-Rwanda Relations.
@RwandaIsrael@IsraelMFA@RwandaMFA
Link: https://t.co/TRzoFa8UBP
@oswaki@SamKabera@NESA_Rwanda Iki ni igikorwa kiza rwose kuko umunyeshuri aba yakoze ikizamini kugirango harembwe ubushobozi bwe ndetse niba ibyo yigishijwe yarabyumvise ,Gusa hari igihe umwarimu adakosora akagenda agenera abanyeshuri ayo abonye . Iki gikorwa ni kiza pe @Rwanda_Edu iri mukazi ��
Hatangiye iperereza ku rupfu rwa Diogène Rwamurima wari umwanditsi w’#Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, nyuma y'uko asanzwe ku nkengero z’umuhanda mu muferege yapfuye.
Uyu mugabo w'imyaka 38 y'amavuko urupfu rwe rwamenyekanye mu ijoro ryo ku wa 14 Mata 2026, ubwo umumotari yamusanganga mu muferege mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana, mu Karere ka #Nyanza.
Nyakwigendera asize umugore n’umwana umwe.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, yavuze ko ku bufatanye n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB bajyanye umurambo we mu bitaro bya Kacyiru, kugira ngo usuzumwe.
CIP Kamanzi yanyomoje amakuru yari yatangiye gukwirakwizwa avuga ko umumotari wamubonye agatabaza, yaba yahise atabwa muri yombi, avuga ko atari byo.
Kasuku cyangwa Jaysqueezer Wamipango wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, yatewe mu rugo aho atuye muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, n’itsinda ry’abagizi ba nabi, baramukubita bamusiga ari intere.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 12-13 Mata 2026 nk’uko yabihamirije IGIHE ko yatewe n’itsinda ry’abasore batatu bari bitwaje intwaro icyakora Imana igakinga akaboko bagasiga batamutwaye ubuzima.
Yagize ati “Ryari itsinda ry’abasore batatu, babiri bafite imbunda nto, undi afite ikintu kimeze nk’umuhini. Bankubise bya nyabyo icyakora ntibagera ku mugambi wabo, kuko Imana yandinze.”
Kasuku ahamya ko abamukubitaga nubwo bari bipfutse atabashije kumenya abo ari bo ariko amagambo bamubwiraga yumvikanishaga amugambi wabo wo kumwica.
Ati “Bankubitaga bambwira ngo turagukubita ku buryo nuramuka ugeze no mu ijuru n’ibi uzabyibuka. Ntimuri mu bihe byo Kwibuka? N’ibi uzabyibuke.”
Soma inkuru yose: https://t.co/sUoAnsdH1Y
Kasuku cyangwa Jaysqueezer Wamipango wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, yatewe mu rugo aho atuye muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, n’itsinda ry’abagizi ba nabi, baramukubita bamusiga ari intere.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 12-13 Mata 2026 nk’uko yabihamirije IGIHE ko yatewe n’itsinda ry’abasore batatu bari bitwaje intwaro icyakora Imana igakinga akaboko bagasiga batamutwaye ubuzima.
Yagize ati “Ryari itsinda ry’abasore batatu, babiri bafite imbunda nto, undi afite ikintu kimeze nk’umuhini. Bankubise bya nyabyo icyakora ntibagera ku mugambi wabo, kuko Imana yandinze.”
Kasuku ahamya ko abamukubitaga nubwo bari bipfutse atabashije kumenya abo ari bo ariko amagambo bamubwiraga yumvikanishaga amugambi wabo wo kumwica.
Ati “Bankubitaga bambwira ngo turagukubita ku buryo nuramuka ugeze no mu ijuru n’ibi uzabyibuka. Ntimuri mu bihe byo Kwibuka? N’ibi uzabyibuke.”
Soma inkuru yose: https://t.co/sUoAnsdH1Y
Turi mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Muri iyi video urasangamo bimwe mu bimenyetso by'ihungabana bikunda kugaragara ndetse n'ubufasha buhabwa uwagize ibi bimenyetso.
Kwibuka Twiyubaka.
#Kwibuka32
N'ubwo hari byinshi byagezweho, haracyari inshingano ikomeye yo guhangana n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikigaragara hamwe na hamwe mu gihugu, mu Karere ndetse no ku Isi.
Perezida wa IBUKA, Dr Philbert Gakwenzire mu mu gikorwa cyo kuzirikana imyaka 30 y'uyu Umuryango.
#Kwibuka32