@urundirwego0@rulindodistrict@Dominiquehab@SamKabera@ChallUmurerwa Uyu mubyeyi ni umuhanga, ni inyangamugayo, gusa icyo apfa nabatinganyi, nabanyabyaha, naba Rusahuriramunduru turabizi, iyi case yavuzeho si igitangaza ko abagabo bakubita abagore bagahunga icyogihe kwivuza bikwiye kuva mubyo bafitanye
Dear @RwandaLabour reka dufate urugero rw'ibiriho maze mudufasje kubyumva.
Urugero niba Gitifu w'akagali ko mu karere ka Kamonyi, ahembwa 75000frw naho uw'akagali ko mu karere ka Nyarugenge, agahembwa 300000frw (ni urugero sinzi niba ari ko bimeze).
Iri teka rirahuza rite imishahara y'aba bombi, bafite inshingano zimwe yewe n'amashuli angana?
Hanyuma ariko iri shyingura mbonamo hano na ryo riranshanze, muhugutse mwampugura.
Murakoze, mugire umugoroba mwiza
Mwiriweho kandi @SamKabera . Mu mahitamo yacu nk’abaturage b’Akarere ka Burera, twahisemo kwishakamo ibisubizo no guhanga udushya mu rwego rwo gukemura ibibazo duhura na byo.