Icyo nkundira abaturage bo mu Majyaruguru @RwandaNorth. Iyo bagukunda barabikwereka rwose! Dore uburyo #Kinigi yakiriye umuhanzi #Senderi ukomeje gutaramira Abanyarwanda mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho nyumo yo #Kwibohora32🔥. Niba ushaka ko ibikorwa byawe bigera ku baturage bo mu cyaro, nakugira inama yo kujya witwaza Eric #Senderi!! @RwandaLocalGov
Icyo nkundira abaturage bo mu Majyaruguru @RwandaNorth. Iyo bagukunda barabikwereka rwose! Dore uburyo #Kinigi yakiriye umuhanzi #Senderi ukomeje gutaramira Abanyarwanda mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho nyumo yo #Kwibohora32🔥. Niba ushaka ko ibikorwa byawe bigera ku baturage bo mu cyaro, nakugira inama yo kujya witwaza Eric #Senderi!! @RwandaLocalGov
Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'umurimo byahuriranye no guhemba Imirenge n'Utugari byagaragaje ibikorwa by'indashyikirwa mu guteza imbere isuku n'isukura. Mu Mirenge 15, @SectorGacaca niyo yaje ku isonga. Mu Tugari 68, Akagari ka Ruhengeri muri @Muhoza_sector niko kaje ku isonga.
Mu ijambo ry'ikaze, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kinigi @LGahonzire yashimye ubutwari bw'Abarokotse Jenoside bakomeje kubaho bafite icyizere. Yavuze ko Kwibuka atari ugusubira mu mateka gusa, ahubwo ari inshingano yo guharanira ko ibyabaye bitazongera kubaho ukundi
Muri aya masaha abayobozi batandukanye, inzego z’umutekano mu karere ka @MusanzeDistrict bari mu mwiherero ufite insanyamatsiko igira iti”Uruhare rw’inzego zibanze mu gushyira mu bikorwa NST2 n’Imihigo.
Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda, akaba n’imboni y’Akarere ka Musanze niwe wafunguye ku mugaragaro uyu mwiherero w’umunsi umwe.
@RwandaLocalGov@RwandaNorth #MamaUrwagasaboTV
Uyu munsi, Umuyobozi w' Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y' Abaturage @TheoKayiranga arikumwe n' inzego z' Umutekano n' abayobozi banyuranye yifatanyije n' abaturage b' Umurenge wa #Muhoza mu birori byo kwizihiza Umunsi w' Intwali byabaye ku nshuro ya 30.
Mu bikorwa byakozwe kuri uyu munsi wo kwizihiza Intwari z'Igihugu; imiryango 25 yashyikwirijwe Inka zo kubafasha kwikura mu bukene bagabiwe na Nyakubahwa HE. @PaulKagame akaba na Chairman w'umuryango @rpfinkotanyi ndetse banasabwa gukomeza gusigasira Igihango bagiranye.
#Birikuba: Muri aka kanya hari kuba ibirori byo kwizigiza umunsi w'intwari z'Igihugu. Iki gikorwa cyabereye ku kigo cy'Amashuri cya #GSKinigi mu murenge wa #Kinigi@MusanzeDistrict . Umushyitsi mukuru akaba ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere Bwana @KanayogeAlex .
Ndashimira abajyanama bangiriye icyizere cyo kuba Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali. Ndashimira uwari Umuyobozi @PudenceR n'itsinda bakoranaga ku kazi bakoze tuzakomerezaho. Nzafatanya n'abatuye Umujyi n'abakozi bawo mu guharanira ko tugira Kigali icyeye kandi itekanye. Turi kumwe