Wari uzi ko ku Gishushanyombonera cy’Imikoreshereze y’Ubutaka (Master Plan), buri gace kaba gafite icyo kagenewe gukoreshwa?
Zirikana ko igihe cyose ugiye kugira icyo ukora ku butaka bwawe, ari ngombwa kubanza kureba icyo bwagenewe gukoreshwa. Ibi bigufasha gukoresha ubutaka bwawe neza no kwirinda kunyuranya n’Igishushanyombonera cy’Imikoreshereze y’Ubutaka.
........................................................
Did you know that under the Land Use Master Plan, every area is designated for a specific use?
Always remember that whenever you plan to undertake any development or activity on your land, it is important to first check its designated use. This helps you make proper use of your land and ensures compliance with the Land Use Master Plan.
The Rwanda Defence Force (RDF) Chief of Defence Staff, Gen MK MUBARAKH, today presided over the graduation ceremony of 146 officers and other ranks who successfully completed 07 weeks of intensive Military Police Training conducted in partnership with the Qatar Armed Forces at the Rwanda Military Academy Gako.
The ceremony was attended by the Ambassador of the State of Qatar to Rwanda, H.E Mansoor Ali Al-Hajri, senior Qatari military officials, as well as RDF Generals and senior officers. The Training covered key areas of Military Police operations, including VIP protection, counter-terrorism, combat in built-up areas, and anti-riot operations.https://t.co/I5JIrS431h
===========================
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK MUBARAKH, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa ku basirikare 146, barimo Ofisiye n’abandi basirikare, basoje amahugurwa y'Urwego rushinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police). Ni imyitozo ya gisirikare yamaze ibyumweru 7, yabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako, ku bufatanye bw'Ingabo z'u Rwanda n’Ingabo za Qatar.
Uyu muhango witabiriwe na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Nyakubahwa Mansoor Ali Al-Hajri, Ofisiye bakuru bo mu ngabo za Qatar hamwe n’Abajenerali na ofisiye bakuru bo mu Ngabo z’u Rwanda.
Amahugurwa yibanze ku mirimo y’ingenzi ya Military Police, harimo kurinda abayobozi bakuru, kurwanya iterabwoba, ubumenyi bwo kurwanira mu bice byubatse, ndetse no guhosha imyigaragambyo n' imvururu.https://t.co/uV8Z1veUqO
📸AMAFOTO📸
Umunyamabanga Mukuru w'Inama Mpuzamahanga ku Mutekano muri Afurika (ISCA), Lt Gen (Rtd) Frank Mushyo Kamanzi, yagaragaje ko urwego rw'umutekano rudakwiye gusigara inyuma mu gihe izindi ziri kugendana n'ikoreshwa ry'ikoranabuhanga ryo ku rwego rwo hejuru kandi ritanga impinduka.
Yabigarutseho mu itangizwa ry’Inama Mpuzamahanga ku mutekano muri Afurika ibera i Kigali kuva kuri uyu wa Gatatu. #RBAAmakuru
📸: @bahizi_imela
Yesterday, @BugeseraC officially kicked off a week-long training camp at @WCC_Musanze for 13 promising young cyclists (10 girls, 3 boys).
Ahead of the new academic year, these athletes are reflecting on last season and setting specific goals to build a powerful competitive team.
Kuri uyu wa mbere, Abayobozi b'amashami mu Karere, bakoranye inama igamije kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imihigo y'Akarere y'umwaka wa 2026-2027 n'iry'imyanzuro y'Umugenzuzi Mukuru w'Imari ya Leta @OAGRwanda .
Yayobowe na Visi Meya @umwalia9.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, Vice Mayor ushinzwe imibereho myiza y'abaturage @YImanishimwe ari kumwe n'Umushumba wa @adeprrwanda muri @RwandaEast n'uwa Paruwasi ya Bugesera, bashyikirije umuturage utishoboye wa @MayangeBugesera inzu yubakiwe n'aba Kristu b'Itorero ADEPR.
Uyu munsi, Komite ya @bugeserayouth n'abahagarariye Inama y'Igihugu y'Urubyiruko mu mirenge bahuriye muri Savanna Hotel barebera hamwe Raporo z'Imihigo n'ibikorwa byakozwe mu myaka 5 no kubikorera Filimi Mbarankuru ku bufatanye na @VSO_Rwanda. @RwandaYouthArts, @jnabdallah
#BiriKuba: Umuhuzabikorwa wa @bugeserayouth, @Pascal_Mboni n'Umuyobozi w'Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y'Abaturage, @YImanishimwe bari mu kiganiro kuri @izubaradio_tv 100 FM bavuga kuri gahunda y'Abana n'Urubyiruko mu Biruhuko: "Imyitwarire myiza, Ubuzima Bwiza."