Imyitozo ya nyuma yo kwitegura the Black Queens mu mafoto.
Umukino wo kwishyura ni kuri uyu wa kabiri kuri Accra Sports Stadium guhera saa kumi ku isaha ya Ghana (Saa Kumi n’ebyiri isaha ya Kigali)
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’Afurika CAF yamenyesheje Al Hilal Benghazi izakina na Rayon Sports mu mukino w’ijonjora rya CAF Confederation Cup, ko uyu mukino ugomba kuba hari abafana muri Sitade.
Ni umukino uzaba tariki 24 Nzeri 2023, wagombaga gukinirwa muri Libya tariki ya 15 Nzeri 2023, ariko kuko iki Gihugu cyibasiwe n’ibiza, urasubikwa wimurirwa mu Rwanda.
Abakoresha ikiraro cyo mu kirere kiri ahitwa mu Cyamutunda gihuza uturere twa @KarongiDistr na @Nyamagabe mu mirenge ya Ruganda na Mugano bafite impungenge z’uko cyashyira ubuzima bwabo mu kaga bitewe no kwangirika ku buryo abagera kuri batanu bamaze kugwamo imana igakinga ukuboko ntihagire uhasiga ubuzima. @RwandaLocalGov
“To cross the finish line, and achieve the Sustainable Development Goals, we need to leverage the power of [artificial intelligence] technology. We have to keep in mind that it must work for us, not against us.” President Kagame | SDG Digital Day. #GlobalGoals#UNGA78
Ni nde wo kwizerwa?
Prof Harerimana wayoboraga RCA yafashwe amajwi. Mu bakozi ba RCA hari uwo yavuzeho ati 'Uriya nta mugore umurimo, ni ikiryabarezi.'
Igikaze kirimo ni ugutekinika raporo ya auditor no kugambirira kwirukana abo batavugaga rumwe.
____
Urabivugaho iki?
https://t.co/pgpUhjs3bu